RFL
Kigali

Ni wowe mutware w’urugo! Ibintu 3 abagabo baba badakwiriye kwihutira kubwira umugore

Yanditswe na: Kwizera jean de Dieu
Taliki:9/03/2023 1:07
15


Umugabo niwe mutwe w’urugo, umugabo niwe uhetse urugo ku buryo ijambo rimwe ribi cyangwa kwivamo yakora byasenya urugo rwose. Muri iyi nkuru turarebera hamwe ibintu 3 by’ingenzi, umugabo akwiriye guceceka kugeza mpaka.



Amakosa arimo gukorwa n’abagabo benshi muri iyi minsi ni ukuyoborwa n’amarangamutima yabo, bakamena amabanga yose batibagiwe n’ayabo ubwabo. Nk’umugabo rero tekereza ko  abantu bose batandukanye hanyuma utekereze ko n’umugore wawe ariko ameze, ugire utwo umukinga k’ubw’umutekano wawe.

Mwarateretanye, murakundana ndetse murabana, ariko ntabwo ufite uburenganzira bwo kumusangiza ibyawe by’ibanga.

ESE NI IBIHE BINTU BY’INGENZI UKWIRIYE KUGUMISHA MU MUTIMA WAWE.

1. Ntuzamubwire amabanga yawe y’umuryango wawe

Nibyo ukeneye kuvugana n’umuntu, urumva uri wenyine hari ibyo ukwiriye kubwira umugore wawe ariko irengagize ibibazo by’umuryango wawe, ntutume abimenya. Ntabwo byemewe ko amabanga y’umuryango wawe uyasangiza uwo mwashakanye, kuko ushobora kumubura.

2. Ntuzamubwire aho intege zawe ziri

Umugore mwashakanye cyangwa umukobwa mukundana, ashobora kuzifashisha amakuru wamuhaye akakurwanya bidasanzwe. Wowe, menya intege nke zawe uzikomereho, uzimenyere ntihagire undi ubibwira, ubundi ushake uburyo wikosora.

3. Mu gihe mubana cyangwa mutarabana, ntuzihutire kumubwira ibyerekeye amafaranga ukorera cyangwa winjiza ku kwezi. Muhe umwanya uhagije, ubone umubwire amafaranga yawe winjiza. Kwihutira kumwereka amafaranga winjiza, ni amakosa.

Isoko: Indiatimes.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Jérémie johnson1 year ago
    Ongoraho KO kumumenyereza amafarana bitemewe.
  • Ruhinda clovis1 year ago
    Murakoze caneee
  • Chirach1 year ago
    Izi nama zawe zirakocamye Niba wubatse ntiruzamara 2 Niba Kandi utararwubaka uzabanze ubaze icyo kuba umugabo n'umugore bisobanuye. Numara gukura mu bitekerezo Abe aribwo uzajya uza kuvuga ku bijyanye n'urugo!
  • Léonce Tuyizere 1 year ago
    None se ubwo warasezeranye ivangamutungo n'umugore wawe, ni gute wamuhisha amafaranga winjiza? Ahubwo ibyo ni byo byatuma mutandukana! Kd uyamuhishe akabimenya nabyo byaba ibindi bibazo! Iyo ngingo ya 3 ntabwo njye nyemeye!
  • Amani patrick1 year ago
    Nikibazo nabazaga uwamaze kubikora ibyobyose yabigarura ate
  • Nsabimana Emery1 year ago
    Ariko numva atanuko womwereka intege udafise. Ibi bishobora kuba vyo canke ntibibe vyo
  • Brucekibonge1 year ago
    Nukuri Kiko iyamenyebamafarangaufite,ninabi kuko iyayabuzearagususugura
  • Serges1 year ago
    Ivyobintu nivyo cane
  • NAHIMANA Serges 1 year ago
    Ndumva mubitekerezo uracyari ingaragu.
  • Didier1 year ago
    Mu rukundo iyo hatabayemwo kuvugana ukuri rurapfa vyanka vyakunda!ahubwo ica mbere ndacemera nayo ibindi ntitwemeranya!mubwire uko uri mubane muzinany!iyo utamenye ahari intege nke ntumenya nahari myishi!!Kandi iyo utamenye ingwara numuti ukugora gutora!
  • migambiezechiel@gmail.com1 year ago
    ibibintu nibyope.
  • Bukuru Jean Claude1 year ago
    Nn umugore wawe cnk uwomukundan womuhisha gute amafaranga winziza kukwezi nagira ahubwo nimbaruwo mukundana wamubwizukuri kugira yumveko azobabeshaho Cnk atazobabeshaho
  • johnmuhayimana548@gmail.com1 year ago
    Nihakagire uwibagirwa
  • ndayifelix37@gmail.com1 year ago
    Bivana na ingene mubanye!!! Ahubwo guhisha hisha nivyo bikurura indyane mumuryango!!! Murakoze!!!
  • Tuyisenge jean1 year ago
    None utabwiye amabanga uwo mwashakanye wayabwira nde kandi?





Inyarwanda BACKGROUND