RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:2/02/2023 14:38
0


Kugira ngo hashyirwe mu bikorwa icyemezo cy'umwanditsi mukuru No-022-146923 cyo kuwa 12/12/2022;



Uwashinzwe gucunga ingwate Me NIYONKURU Jean Aime aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n'ikibanza cyubatsemo inzu yo guturamo, kibaruye kuri UPI:3/03/04/02/217 giherereye mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, Intara y'iburengerazuba; ukaba ufite agaciro kangana na 39,193,000 Frw ukagira ubuso bungana na 567 Sqm.

Ni ukugira ngo hishyurwe umwenda bereyemo Banki;

Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri nimero za telefone igendanwa zikurikira; 0783408871; 0786339798

Ifoto n'igenagacio byawo biboneka hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga ryo kurangiza inyandikompesha ariryo cyamunara.gov.rw

Gupiganwa mu buryo bw'ikoranabuhanga bizatangira tariki 03/02/2023 i saa tatu za mu gitondo imare igihe kingana n'iminsi irindwi;

Upiganwa arabanza akishyura 5% by'agaciro k'umutungo kavuzwe ni ukuvuga 1,959,680 Frw ashyirwa kuri konti 00040-06965754-29 yanditse kuri MINIJUSTE AUCTION FUNDS iri muri Banki ya Kigali. 

NB: Uzatsindira cyamunara azashyira ubwishyu kuri konti 06015900004 ibarizwa muri Bank of Africa Plc yanditse ku mazina ya Niyonkuru Jean Aime.

Bikorewe i Kigali kuwa 02/02/2023

Uwashinzwe gucunga ingwate

Me NIYONKURU JEAN AIME







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND