Kugira ngo hashyirwe mu bikorwa icyemezo cy'umwanditsi mukuru No-022-146923 cyo kuwa 12/12/2022;
Uwashinzwe gucunga ingwate Me NIYONKURU Jean Aime aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n'ikibanza cyubatsemo inzu yo guturamo, kibaruye kuri UPI:3/03/04/02/217 giherereye mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, Intara y'iburengerazuba; ukaba ufite agaciro kangana na 39,193,000 Frw ukagira ubuso bungana na 567 Sqm.
Ni ukugira ngo hishyurwe umwenda bereyemo Banki;
Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri nimero za telefone igendanwa zikurikira; 0783408871; 0786339798
Ifoto n'igenagacio byawo biboneka hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga ryo kurangiza inyandikompesha ariryo cyamunara.gov.rw
Gupiganwa mu buryo bw'ikoranabuhanga bizatangira tariki 03/02/2023 i saa tatu za mu gitondo imare igihe kingana n'iminsi irindwi;
Upiganwa arabanza akishyura 5% by'agaciro k'umutungo kavuzwe ni ukuvuga 1,959,680 Frw ashyirwa kuri konti 00040-06965754-29 yanditse kuri MINIJUSTE AUCTION FUNDS iri muri Banki ya Kigali.
NB: Uzatsindira cyamunara azashyira ubwishyu kuri konti 06015900004 ibarizwa muri Bank of Africa Plc yanditse ku mazina ya Niyonkuru Jean Aime.
Bikorewe i Kigali kuwa 02/02/2023
Uwashinzwe gucunga ingwate
Me NIYONKURU JEAN AIME
TANGA IGITECYEREZO