RFL
Kigali

Album y'amafoto 130 yaranze umukino wa Rayon Sports na Musanze FC

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:25/01/2023 9:26
0


Rayon Sports yanyagiye Musanze FC ibitego 4-1, mu mukino w'umunsi wa 16 wa Shampiyona.



Kuri uyu wa Kabiri kuri sitade y'akarere ka Muhanga, hakiniwe umukino usoza umunsi wa 16 wa Shampiyona wagombaga kuba mu mpera z'icyumweru dushoje, ariko kubera ikibuga ugenda wigizwayo.

Musanze FC yari yaratsinze Rayon Sports ibitego 2-0 yaje kubiryozwa nayo inyagirwa ibitego 4-1, harimo ibitego 3 byabonetse mu gice cya kabiri. Igitego cya mbere cya Rayon Sports cyatsinzwe na Isaac Mitima ku munota wa 13, mu gihe ku munota wa 18 gusa Musanze FC yahise icyishyura gitsinzwe na Peter Agblevor.

Mu gice cya kabiri, Elie Ganijuru yateye umupira ugana mu izamu ukorwaho na Nsengiyumva Isaac uruhukira mu izamu. Ku munota wa 55 Eric Ngendahimana yatsinze igitego cya 3, mu gihe ku munota wa 71 Musa Esenu yaje gutsinda igitego cya 4.


Imran ntabwo yakirereshejwe muri uyu mukino 

Muhawenayo Gad umunyezamu wa kabiri wa Musanze FC 

Ntaribi Steven winjijwe ibitego 4 

Umusifuzi Rurisa niwe wayoboye umukino 


Abakinnyi 11 Rayon Sports yabanje mu kibuga 

Abakinnyi 11 Musanze yabanje mu kibuga 

Haringingo uyu mukino yari yawukaniye nyuma n'ubwo yaburaga abakinnyi bagera ku munani 

Habanje kuba akanama katumye umukino utinda 

Rwatubyaye uri gukira imvune, yari ku gatebe k'abasimbura 

Televiziyo ya Rayon Sports yari yabukereye 














Olivier Karekezi yarebye umukino yambaye imyenda ya Rayon Sports, n'ubwo ari umunyabigwi w'APR FC













Hadji ku mipira y'umuterekano arindwa mubI




















KANDA HANO UREBE AMAFOTO YOSE 

AMAFOTO: Ngabo Serge - INYARWANDA






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND