RFL
Kigali

CYAMUNARA: Ikibanza giherereye muri Huye gifite agaciro ka Miliyoni 6 Frw kigiye kugurishwa

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:15/09/2022 11:25
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'umwanditsi mukuru muri RDB No 022-089722 cyo kuwa 16/08/2022;



Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko azagurisha mu cyamunara inzu n'ikibanza kibaruwe kuri UPI: 2/04/14/02/3020 biherereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Tumba, Akagari ka Cyimana, Umudugudu wa Akamuhoza.

Ipiganwa mu cyamunara mu buryo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya rizatangira kuwa 02/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangire kuwa 04/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.

Nihatagira ugura kuri uwo munsi, ipiganwa mu cyamunara mu buryo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya kabiri rizatangira kuwa 04/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangire kuwa 11/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.

Kuri iyo nshuro nihatagira uwegukana ingwate, ipiganwa mu cyamunara mu buryo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya kabiri rizatangira kuwa 13/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangre kuwa 20/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.

Kuri iyo nshuro nihataboneka uwegukana ingwate, ipiganwa mu buryo bw'ikoranabuhanga rizakomeza ku nshuro ya kane ari nayo ya nyuma. Ipiganwa rizatangira kuwa 13/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangire kuwa 20/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.

Umutungu ugizwe n'ibi bikurikira:

-Icyo kibanza gifite ubuso bungana na 971 SQM

-Agaciro kagenwe n'umuhanga kuri uyu mutungo ni 6,322,000 Frw

-Ingwate y'ipiganwa kuri uwo mutungo ni 316,000 Frw ahwanye na 5% y'agaciro k'umutungo yishyurwa kuri konti No 00040-06965754-29 iri muri BK yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS

-Ushaka gupiganwa afungura konti muri IECMS, akuzuza neza imyirondoro ye na Aderese ye mu ikoranabuhanga binyuze ku rubuga rw'imanza zirangizwa ari rwo: www.cyamunara.gov.rw

-Gusura uyu mutungo ni buri munsi mu masaha y'akazi

-Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri No 0788350947/0728350947

Bikorewe i Kigali kuwa 14/09/2022

Me NIYONGIRA François Xavier, Umuhesha w'Inkiko w'Umwuga niwe washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND