Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'umwanditsi mukuru muri RDB No 022-089722 cyo kuwa 16/08/2022;
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko azagurisha mu cyamunara inzu n'ikibanza kibaruwe kuri UPI: 2/04/14/02/3020 biherereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Tumba, Akagari ka Cyimana, Umudugudu wa Akamuhoza.
Ipiganwa mu cyamunara mu buryo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya rizatangira kuwa 02/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangire kuwa 04/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.
Nihatagira ugura kuri uwo munsi, ipiganwa mu cyamunara mu buryo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya kabiri rizatangira kuwa 04/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangire kuwa 11/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.
Kuri iyo nshuro nihatagira uwegukana ingwate, ipiganwa mu cyamunara mu buryo bw'ikoranabuhanga ku nshuro ya kabiri rizatangira kuwa 13/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangre kuwa 20/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.
Kuri iyo nshuro nihataboneka uwegukana ingwate, ipiganwa mu buryo bw'ikoranabuhanga rizakomeza ku nshuro ya kane ari nayo ya nyuma. Ipiganwa rizatangira kuwa 13/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo rirangire kuwa 20/10/2022 i saa Tanu za mu gitondo.
Umutungu ugizwe n'ibi bikurikira:
-Icyo kibanza gifite ubuso bungana na 971 SQM
-Agaciro kagenwe n'umuhanga kuri uyu mutungo ni 6,322,000 Frw
-Ingwate y'ipiganwa kuri uwo mutungo ni 316,000 Frw ahwanye na 5% y'agaciro k'umutungo yishyurwa kuri konti No 00040-06965754-29 iri muri BK yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS
-Ushaka gupiganwa afungura konti muri IECMS, akuzuza neza imyirondoro ye na Aderese ye mu ikoranabuhanga binyuze ku rubuga rw'imanza zirangizwa ari rwo: www.cyamunara.gov.rw
-Gusura uyu mutungo ni buri munsi mu masaha y'akazi
-Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri No 0788350947/0728350947
Bikorewe i Kigali kuwa 14/09/2022
Me NIYONGIRA François Xavier, Umuhesha w'Inkiko w'Umwuga niwe washyize umukono kuri iri tangazo
TANGA IGITECYEREZO