RFL
Kigali

Nigeria na Ghana, uko amakipe ashaka kujya mu gikombe cy'Isi azahura

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:23/01/2022 14:26
0


Amakipe 10 agomba kwishakamo 5 ajya mu gikombe cy'Isi yamenye uko azahura.



Tariki 23 na 29 Werurwe 2022, nibwo imikino y'ijonjora rya nyuma ku makipe ahatanira kujya mu gikombe cy'Isi kizabera muri Qatar rizaba. Ni ijonjora rihuza amakipe 10 yishakamo 5 kuko ariyo umugabane wa Afurika utanga.

Misiri izahura na Senegal, Cameroun ihure na Algeria, Ghana itangire yakira Nigeria, DR Congo ikine na Marocco naho Mali ikine na Tunisia.

Izi kipe zose zabaye iza mbere mu ijonjora ribanza ryarimo mu matsinda agera ku icumi.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND