RFL
Kigali

Muhanga: Ikibanza kirimo inzu cya Miliyoni 7 Frw kigiye gutezwa cyamunara

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:23/11/2021 21:52
0


Kugira ngo harangizwe icyemezo cy'umwanditsi mukuru Ref. No: 021-086524 cyo kuwa 12/10/2021 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Me. Buregeya Aristide uwashinzwe ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 24/11/2021 saa Yine za mu gitondo (10H00Am) azakomeza kugurisha binyuze mu ikoranabuhanga muri cyamunara ikibanza kirimo inzu gifite UPI: 2/07/12/03/8307 gifite ubuso bungana na 575 M2 giherereye mu Ntara y'Amajyepfo, Akarere ka Muhanga, Umurenge wa Shyogwe, Akagali ka Mubuga, Umudugudu wa Gasharu. Agaciro kayo kari ku isoko kangana na Miliyoni 7,147,000 Frw.

Ushaka gupiganwa atanga ibiciro anyuze ku rubuga www.cyamunara.gov.rw rw'inyandikompesha zirangizwa ari narwo cyamunara iberaho. Upiganwa agomba gutanga 5% ku ijana by'agaciro k'izo nzu nk'ingwate y'ipiganwa angana n’ibihumbi 357,350 Frw kuri konti 00040-06965754-29 yitwa MINIJUST AUCTION FUNDS iri muri Banki ya Kigali.

Ibiciro by'abapiganwe bizatangazwa tariki ya 01.12.2021 saa Yine za mu gitondo (10:00Am)

Kuri uwo munsi uwatanze igiciro gisumba ibindi ni we uzemezwa ko yatsinze muri cyamunara.

Gusura bizakorwa guhera tariki ya 25 kugeza tariki ya 30/11/2021 guhera saa yine za mu gitondo (10:00Am) kugeza saa 17H00 Pm. 

Ushaka ibindi bisobanuro yahamagara telefone ikurikira: 0788760437

Bikorewe i Kigali ku wa 23/11/2021

Me. BUREGEYA Aristide

Ushinzwe kugurisha ingwate







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND