RFL
Kigali

Abasore b'abatinganyi bakubiswe iz'akabwana kugeza bashizemo umwuka

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:20/10/2021 16:03
0


Ubutinganyi ni kimwe mu bikorwa bikumirwa mu bihugu bitandukanye, n'ubwo hari ahandi bikorwa ku mugaragaro nk'uburenganzira bwa muntu no kubwubahiriza. Muri Ghana ubutinganyi bufata nk'ishyano aho abasore babiri byagaragayeho bakubiswe kugeza bapfuye.



Abasore babiri batatangajwe amazina,  bafashwe aho bajyaga bacyekwacyekwa ko bashobora kuba baryamana  bahuje ibitsina, baje gufatwa n'agatsiko k'abantu bari gusomana, bahita barambikwa hasi , bahondaguwe , babagaragura hasi mu byondo ariko bakubitwa banavuza induru ariko babura ababatabara kuko ari abatinganyi.


Amakuru ya Faceofmala, avuga ko bari abasore bane b'abatinganyi , bakubviswe bose ariko 2 muri bo baza gyupfa bishwe n'inkoni,  uko bari bane bafashwe nijoro ryo ku wa mbere 18 Ukwakira 2021  mu gikorwa cy'ubutinganyi, birakaza abaturage mu gace ka  Tamale.

Abatinganyi bafashwe n'abakoze b'ikigo ' Volta River Authority (VRA)'  bakibafata bazamuye induru ikurura bamwe mu baturage bo muri ako karere. Bageze aho byabereye, abaturage batangiye guhondagura babiri barapfa abasigaye bagezwa kuri Polisi. 

Afande DSP Prosper Ananga, Ushinzwe gukumira  ubugizi bwa nabi, yemeje iyi nkuru ariko agaragaza abaturage bakoze nabi kuba bishe abantu bityo hakaba hari iperereza bamwe batawe muri yombi, anashimangirako ubutinmganyi ari bubi mu gihugu.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND