As Kigali yahagurukanye abakinnyi abakinnyi 19 bagomba kurokora iyi kipe, mu mukino wa CAF Confederation Cup bafitanye na Daring Club Motema Pembe.
Eric
Nshimiyimana utoza As Kigali, yahisemo guhagurukana abakinnyi 19 azakuramo 11
bagomba kurokora iyi kipe iheruka gutsindirwa mu rugo. As Kigali yahagurutse kuri uyu wa gatatu ku
isaha ya Saa 09:00 (AM) za Kigali, aho umukino uteganyijwe tariki 24 Ukwakira 2021.
Mugheni asubiye mu rugo
Kugeza
na n’ubu, Lamine Moro Niyonzima Olivier Seif ntabwo barabona ibyangombwa bibemerera
gukina imikino ya CAF ari nayo mpamvu batajyanye n'ikipe.
Kwizera Pierrot yerekeje i Congo
Abakinnyi As Kigali iri buhagurukane. Ntwali Fiacre, Niyonzima Haruna, Rurangwa Mossi, Ishimwe Christian, Ahoyikuye Jean Paul, Rugirayabo Hassan, Rukundo Denis, Kwizera Pierrot, Kwitonda Ally, Kayitaba Jean Bosco, Mugheni Kakule Fabrice, Biramahire Abeddy, Saba Robert, Bishira Latif, Niyibizi Ramadhan, Shabani Hussein, Bavakure Ndekwe Felix, Rugero Chris, Uwimana Guillain.
Mu mukino ubanza As Kigali yatsindiwe i Kigali ibitego
2 kuri 1, isabwa nibura ikinyuranyo cy'ibitego bibiri mu mukino wo kwishyura.
Abeddy ari mu bakinnyi bahagurutse
TANGA IGITECYEREZO