RFL
Kigali

Wa mugore waciye agahigo ku isi ko gusambana n'abagabo 919 mu masaha 24 yavuze ingaruka yahuye nazo

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:25/09/2021 10:44
3


Abenshi babonye inkuru y'umugore Lisa Sparks wanditse amateka ku isi yo gusambana n'abagabo 919 ku masaha 24 (Umunsi umwe), yageze aho avuga ukuntu yahise yiyumva nyuma yo guca ako gahigo aho igitsina cye cyangiritse bikomeye akabigira ibanga.



Umunyamerika Lisa Sparks niwe mugore rukumbi ufite Guinness World Record ku mubare munini w'abagabo baryamye mu masaha 24 aho yaryamanye n'abagabo 919.  Yari asanzwe amenyereye gusambana cyane kuko ubusanzwe ari umukinnyi wa Filme z'urukozasoni uzwi nka Lisa Sparxxx.


Lisa Sparks waciye agahigo ko kuryamana n'abagabo 919 mu masaha 24

Lisa Sparks, mu guca aka gahigo yahigitse abandi bagore barimo Marianna Rokita wo muri Pologne wasambanye n'abagabo 759 ku munsi umwe, agira ngo aciye agahigo ariko Lisa atsinda irushanwa aryamana n'abagabo 919 mu masaha 24, ubu  aracyafite uyu mudali w'agahigo.


Mu nkuru ya Dailycroc ivuga ko Sparks w'imyaka 43 y'amavuko, kuba yararyamanye n'abagabo 919 ibivuze ko buri masegonda 40 abagabo bamusimburanagaho, byamusigiye imvune ikomeye n'ububabare mu gitsina bwamaze ibyumweru byinshi aribwa cyane mu gitsina. Amakuru akomeza avuga ko igitsina cye cyaje kubyimba bikomeye ariko abigira ibanga kugeza akize nk'uko nawe abyivugira.


Lisa kuryamana n'abagabo 919 ku munsi umwe byamusigiye ububabare bukomeye mu gitsina






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • iradukunda eric2 years ago
    Uwo mugore arakaze kbx na mwemeye cyanee
  • Shaddy2 years ago
    Hari abagore benshi muri afurika no mu Rwanda bashobora kumuhiga baramutse babonye abo baryamana. Nka wamugore wo muri kenya wirongoza umwuko hari icyo imboro zamubwira uko zaba zingana kose? Cyangwa babakobwa bacu bajya kuyakorera za nigrria na dubai
  • Niyobungiromayo2 years ago
    Nidonje





Inyarwanda BACKGROUND