RFL
Kigali

Kubera icyaka umugabo yibagiwe kwambara imyenda yinjira mu kabari yambaye ubusa buri buri-AMAFOTO

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:22/09/2021 11:41
0


Biragoye kuba wakwibagirwa kwamabara imyenda ukaba wagenda wambaye ubusa, aha benshi bashobora kugufata nk'umuntu wataye umutwe nk'uko umugabo wo mu Bwongereza yinjiye mu kabari agiye kunywa inzoga yibagiwe kwamabara imyenda.



Ubushakashatsi bwerekana ko Abongereza ari bamwe mu bantu basinda cyane  kurenza ahandi hantu ku isi. Nk'uko ikinyamakuru happylifestyleinc kibitangaza, uyu mugabo utatangajwe amazina yatunguye abari mu kabari kitwa Whetherspoon, gaherereye i Maidenhead.


Uyu mugabo utatangajwe amazina, yagaragaye yinjira mu kabari yicarana na bagenzi be babifashe nk'ibisanzwe, nyuma yaje guhaguruka yerekeza kuri Kotwari kuvugana n'abacuruza inzoga. Amakuru akomeza avuga ko uyu mugabo ashobora kuba yari yahawe intego na bagenzi be ngo yambare ubusa mu kabari bamuhe amafaranga, andi amakuru akavuga ko yabitewe n'icyaka cyinshi cyane cyatumye yibagirwa kwambara.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND