RFL
Kigali

Ntibimenyerewe ku bagore! Umuyobozi mukuru wa Banki yasambanyije abagabo 200 kugira ngo abahe akazi

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:21/09/2021 15:37
0


Hari abantu bajya bagaragara babaswe n'imibona mpuzabitsina , umugore witwa Mutale Winifridah wari umuyobozi mukuru muri Banki ya Zanaco muri Zambia, yagaragayeho imico mibi aho atari gupfa gutanga akazi ku gitsina gabo batabanje kuryamana.



Mutale Winifridah, ubusambanyi ni umuco yakoze igihe kinini aza kuvumburwa muri 2019 ibintu bimaze gufata indi ntera, yizezaga akazi abagabo ariko babanje kuryamana, rimwe na rimwe akajya abaha inguzanyo abandi bantu batabona byoroshye ariko we uwo baryamanye akajya ashyiramo inyoroshyo yo kubona inguzanyo n’ubwo yaba atujuje ibisabwa.

Ubuyobozi bwa Banki ya Zanaco muri Zambiya nyuma yo kuvumbura Mutale Winifridah wari umuyobizi mukuru muri Banki, bwahagaritse uyu mugore. Nk'uko Dailypost yabitangaje, inkomoko yo kuvumbura ko Mutale Winifridah asambanya abagabo bose bahawe akazi n'abagashaka, byatewe n'abagabo bagera ku 10 bishyize hamwe barabyamagana kuko bijejwe akazi ntibakabona kandi barabanje kuryamana n'ugatanga Mutale Winifridah. Mutale Winifridah, amakuru akomeza avuga ko yari amaze kuryamana n'abagabo bagera kuri 200, bityo ahita atakaza akazi ke muri ubwo butyo.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND