RFL
Kigali

Emilienne izina ry’umukobwa umenya gukurura abagabo

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:16/06/2021 9:03
0


Menya inkomoko y'izina Emilienne n'ibiranga abakobwa baryitwa.



Emilienne ni izina rihabwa umwana w’umukobwa rifite inkomoko mu kiromani ku zina Aemilius risobanura ‘umukozi’ cyangwa ’umuntu uzi kwigana’.

Bamwe bamwita Aemiliana Emiliana, Emiliana , Emiliana

Bimwe mu biranga ba Emilienne

Ni umuntu uba uziko ari mwiza, akamenya kwiyitaho akagira inseko y’igihe cyose ku buryo usanga bikurura abagabo.

Akunda ibintu bihenze kugira ngo akomeze agaragarize abamureka ko nawe adasanzwe. Ahorana kwigirira icyizere bigatuma abantu bamwizera ko agomba kubavugira niyo yaba ntacyo azi ,aba ari umuntu ushabutse.

Emilienne akunze kurangwa n’ ingufu, akunda umwimerere kandi icyo yiyemeje gukora aba yumva nta cyamuca intege. Ntiyicara hasi buri gihe aba afite utuntu ahugiyemo cyangwa afite ibintu arimo gupanga.

Uko ubuzima bwaba bumeze kose, aguma ari wa wundi ukunda gutembera, kuganira no gusabana n’abandi.

Src:www.nameberry.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND