RFL
Kigali

Umupasiteri w’umugore yahaye ibere abayoboke b’abagabo ngo ni amata y’umugisha nabo barayonka karahava

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:12/06/2021 12:55
0


Umuntu wese winjiye mu rusengero rimwe na rimwe iyo yamaze gufashwa n’amasengesho neza yemera ibivugwa na Pasiteri nk’uko abayoboke bonse amabere y'umupasiteri w'umugore wababwiye ko ari ngombwa kuko yayasengeye, hari kuvamo amata y’umugisha.



Inkuru n’amashusho y’umupasitori w’umugore atanga amabere ye ku bayoboke b’itoreroyagiye ahagaragara gusa  abantu benshi bahise basohoka mu rusengero bamagana icyo gikorwa bafashe nk'igiteye isoni mu gihe bamwe bibazaga ko ntacyo bitwaye kuko ari 'amata y’umugisha'.


Inkuru ya Dailyexpress ivuga ko uyu mupasitori w’umugore utatangajwe amazina ari uwo muri Ghana. Ubwo yari mu rusengero yavuze ko guhanagura ibyaha no gukemura ibibazo bafite mu miryango bagomba gufata amabere ye bakonka. Yavugaga ko amashereka ye yuzuyemo imiti ikiza. Abagabo bamwe bahise bahaguruka bakora ibyo yari abasabye n'ubwo bamwe babibonye nk’ibidakwiriye bakisohokera ari nako batokesha






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND