Umuntu wese winjiye mu rusengero rimwe na rimwe iyo yamaze gufashwa n’amasengesho neza yemera ibivugwa na Pasiteri nk’uko abayoboke bonse amabere y'umupasiteri w'umugore wababwiye ko ari ngombwa kuko yayasengeye, hari kuvamo amata y’umugisha.
Inkuru
n’amashusho y’umupasitori w’umugore atanga
amabere ye ku bayoboke b’itorero, yagiye
ahagaragara gusa abantu benshi bahise basohoka mu
rusengero bamagana icyo gikorwa bafashe nk'igiteye
isoni mu gihe bamwe bibazaga ko ntacyo bitwaye
kuko ari 'amata y’umugisha'.
Inkuru ya Dailyexpress ivuga ko uyu mupasitori w’umugore utatangajwe amazina ari uwo muri Ghana. Ubwo yari mu rusengero yavuze ko guhanagura ibyaha no gukemura ibibazo bafite mu miryango bagomba gufata amabere ye bakonka. Yavugaga ko amashereka ye yuzuyemo imiti ikiza. Abagabo bamwe bahise bahaguruka bakora ibyo yari abasabye n'ubwo bamwe babibonye nk’ibidakwiriye bakisohokera ari nako batokesha.
TANGA IGITECYEREZO