RFL
Kigali

Nyuma yo kwibaruka akagaruka ku mbuga nkoranyambaga, akomeje kuba Nicki Minaj wa nyawe-AMAFOTO

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:11/06/2021 7:30
0


Ugereranije n'uko byari bimeze mbere ni bwo yajya yakwigarurira imitima y'abatari bacye. Uyu mugore watandukanye n'umuraperi Meek Mill akisangira uwo bakuranye bafitanye umwana akomeje kuba Nicki Minaj wanyawe.



Nick Minaj ni umwe mu bagore bafite izina rikomeye cyane ku isi, wakuriye mu buzima butoroshye bw'agahinda, ubwoba n’intimba byose yaterwaga na se umubyara wahoraga anywa urumogi n’ibindi biyobyabwenge bikomeye.

Se wa Nick witwa Robert ngo yatahaga yasinze buri joro maze agahera ku mugore we agakurikizaho abana be 3 barimo Nick na basaza be 2 agahondagura kugeza aho abaturanyi batabariye cyangwa n’abashinzwe umutekano bakagira icyo bakora.

Kuri ubu akaba ari mu bagore bakomeye ku isi aho amafoto ye akurura abatari bacye ku mbuga nkoranyambaga. Bamwe batekerezaga ko namara kubyara atazongera kujya yisanzura ngo abasangize amafoto ye akundwa n'abatari bacye.

INYARWANDA yabateguriye amafoto atandukanye Nicki Minaj amaze iminsi asangiza abamukurikira nyuma y'igihe yari amaze adakoresha imbuga nkoranyambaga kubera gutwita no kwibaruka.










TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND