RFL
Kigali

Umusore yakoze ibisa n’imibonano mpuzabitsina n’igipupe bamanikaho imyenda rwagati mu isoko abariremye induru bayiha umunwa

Yanditswe na: Neza valens Vava
Taliki:10/06/2021 10:35
0


Umusore ibiyobyabwenge byatumye agarika igipupe bamanikaho umyenda rwagati mu isoko agikorera ibisa n’imibonano mpuzabitsina abariremye barumirwa induru bayiha umunwa.



Aya mashusho y'uyu musore yakwirakwiye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga

Ibi byabereye muri Nigeri. Ibinyamakuru birimo Legitpost byavuze ko uyu musore usa n'ukiri muto yabitewe n’ibiyobyabwenge bikabije yari yafashe. Nk'uko bigaragara ku mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga uyu musore yagiye mu isoko rwagati maze afata kimwe mu bipupe bamanikaho imyenda cyari cyegeranye n’ibindi arakigarika atangira kugikorera ibisa n’imibonano mpuzabitsina mu buryo butangaje.

KANDA HANO URUBE ICYO IBIYOBYABWENGE BYAMUKORESHEJE



Muri aya mashusho harumvikana urusaku rw'abari begereye aho ibi byabere rw’abantu benshi bari bashungeye bareba ibyo arimo ndetse yashishikaye!






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND