RFL
Kigali

Umukunzi wa Meddy, Mimi Mehfira mu ijoro ryacyeye yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi-AMAFOTO

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:16/05/2021 8:15
3


Mimi Mehfira umukunzi wa Meddy ndetse bitegura kurushinga mu bihe bya vuba, yaraye akorewe ibirori byo gusezera ubukumi. Kugeza ubu benshi bategereje n’amatsiko menshi ibirori bidasanzwe mu buzima bwa Meddy.



Mimi Mehfira yari yishimye cyane muri Weekend ye ya nyuma ari umukobwa. Muri Weekend ya nyuma mbere y'uko yihuza n'uwo bahuye, Meddy, bagahuza byose none bakaba bagiye kubana ubuziraherezo.

Hari kuwa 15 Gicurasi 2021 imwe mu matariki yari kugengabihe rusange y'ubukwe bwa Meddy na Mimi maze Mimi akorerwa ibirori by'agatanga byo gusezera ubukumi.


Yari aberewe cyane yishimye bidasanzwe









TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Nitwa Umwiza Alice2 years ago
    Meddy n,umukunzi we Mimi turabifuriza urugo ruhire bazatunge batunganirwe bazabyare hungu na kobwa mbese urugo rwabo ruzagere izindi urugero! Meddy turagukunda cyn!
  • Ingabire marc nelly2 years ago
    Muzajyire urugo ruhire natwe tuzabareberaho
  • Theogene manzi 2 years ago
    Congratulation meddy vs mimi





Inyarwanda BACKGROUND