RFL
Kigali

Aisha yatse gatanya nyuma y'icyumweru arushinganye n'umugabo ufite igitsina kinini atabasha kwihanganira mu gihe nyina amubwira ko ari ko zubakwa azamenyera

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:21/04/2021 13:31
1


Umugore uherutse gushyingirwa, Aisha Dannupuwa, yasabye urukiko rwa Samaru Gusau, rwo muri Ghana gatanya nyuma y'igihe gito akoze ubukwe kubera umugabo yashatse afite igitsina kinini bitangaje bityo ako abona yazahasiga ubuzima.



Uyu mubyeyi Aisha, ubusanwze avuga ko yari asanzwe amenyereye imibonano mpuzabitsina kuko atari ubwa mbere yari ashatse umugabo. Uyu mubyeyi w'abana batatu, yabwiye urukiko ku wa mbere ko akunze guhura n'abagabo bafite igitsina kinini ibituma asenya ingo aba atangiye.


Uyu mugore avuga ko ashakana n'umugabo bari kumwe bari bararyamanye ariko akumva azamenyera igitsina cye. Yagize Ati: “Nyuma y'iminsi ibiri ubwo yaje kunsura, twongeye kuryamana, ariko uburambe mu gukora imibonano mpuzabitsina bwari bwinshi cyane, byakomeje kungora ni bwo nahise menya ko ntashobora gukomeza kubana nawe kubera ubunini bw'igitsina cye".

Umubyeyi w'uyu mugore amubwira ko agomba kwihangana, ko ari ko zubakwa kandi ko azatinda akamenyera. Iyo akoze imobonano n'umugabo yashatse, Aisha avuga ko bimuviramo ingaruka zirimo kwivuza ariko uburibwe bugakomeza kubaho. Aisha avuga ko imiti akoresha ayishakirwa na nyina ariko anamwihanganisha nk'uko Expressiveinfo dukesha iyi nkuru ibitangaza.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Semanzi 2 years ago
    Sha mama we namureke azishakira uwo yabasha kunezererwa





Inyarwanda BACKGROUND