Perezida John Pombe Magufuli watabarutse ku ya 17 Werurwe 2021, yashyinguwe iwabo mu cyaro aho avuka mu gace kitwa Chato kari mu ntara ya Geita iri mu Majyaruguru ya Tanzania.
Umurambo we wakuwe kuri stade ujyanwa aho yavukiye
Perezida Samia yitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Magufuli
Perezida Jakaya Kikwete wasimbuwe na Magufuli ari mu muhango wo kumuherekeza
Umurambo bari bawujyanye mu kiliziya kumusabira umugisha ku Mana dore ko yari umwemeramana ubyemera akanabigaragaza
Umurambo we bawuhaye umugisha
Mu misa ibyo kwambara agapfukamunwa ntibabikozwaga ndetse nta ntera bahana
Umuhango wo kumuherekeza bwa nyuma witabiriwe cyane
TANGA IGITECYEREZO