RFL
Kigali

Urugendo rw'ubuzima bwa perezida Magufuli rwashyizweho akadomo-AMAFOTO

Yanditswe na: Peacemaker Pundit
Taliki:26/03/2021 16:25
0


Perezida John Pombe Magufuli watabarutse ku ya 17 Werurwe 2021, yashyinguwe iwabo mu cyaro aho avuka mu gace kitwa Chato kari mu ntara ya Geita iri mu Majyaruguru ya Tanzania.



Umurambo we wakuwe kuri stade ujyanwa aho yavukiye

Perezida Samia yitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Magufuli


Perezida Jakaya Kikwete wasimbuwe na Magufuli ari mu muhango wo kumuherekeza


Umurambo bari bawujyanye mu kiliziya kumusabira umugisha ku Mana dore ko yari umwemeramana ubyemera akanabigaragaza


Umurambo we bawuhaye umugisha 


Mu misa ibyo kwambara agapfukamunwa ntibabikozwaga ndetse nta ntera bahana


Umuhango wo kumuherekeza bwa nyuma witabiriwe cyane






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND