RFL
Kigali

Impamvu 6 ubwoko bwa Musri bwo mu gihugu cya Ethiopia butangaje muri Africa

Yanditswe na: InyaRwanda
Taliki:7/03/2021 14:21
1


Ubwoko bwa Musri butuye ahantu hitaruye mu kibaya cyiza cya Omo mu gihugu cyo mu Majyaruguru ya Afurika cya Ethiopia, ni ubwoko butangaje kuri uyu mugabane. Mu bihe bitandukanye bagiye bahura n'ibibazo by’amapfa byatumye ubuhinzi bubakomerera ariko ntibyigeze bituma bava kuri gakondo n’umuco wabo wihariye.



Hano hari impamvu esheshatu zituma ubu bwoko buri mu busurwa na ba mukerarugendo ku buryo butangaje:

1. Ubwoko bwa Musri ni bumwe muri buke busigaye bucyambara imyambarire gakondo ya kinyafurika.


2. Umwihariko w’insokozo y’abagore ba Musri


3. Abagore b'aba Musri batangira ku myaka cumi n’itanu kwambara ibisisa nk’amasahane akoze mu biti cyangwa mu ibumba. Ibi bikaba ari gakondo ijyanye n’uburere n’imyitwarire y’igitsinagore cy’ubu bwoko. Ibyo bakaba babyambara ku matwi no ku munwa.


4. Kurwanisha inkoni ni bimwe mu biranga ibirori n’imigenzo ikorwa n’abagabo babo.

5. Ubucuruzi bwabo bukorwa mu buryo gakondo bwo guhinduranya ibicuruzwa ibindi.

6. Bakoresha ikirimi cyitwa Silo Saharan gisa n’ikirimi cya Suri gikoreshwa mu duce dukikije agace kabo.

www.howafrica.com

Umwanditsi: Abitije Seraphin Elise / ASE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Iryoyavuze muniru3 years ago
    Erega gakondo ni nziza natwe abanyarwanda tubona ko urubyiruko twataye umuco.





Inyarwanda BACKGROUND