RFL
Kigali

Ikosa ribi abanyamakuru bitondera kuri Televiziyo mu gutambutsa ijambo rya Perezida ryakozwe bibaviramo kuraswa-AMAFOTO

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:23/01/2021 10:50
0


Igitangazamakuru cyane Televiziyo kigomba gukurikiza amabwiriza agenga itambutswa ry’amashusho. Mu Burusiya bamwe mu bayobozi ba Televiziyo bivugwa ko barashwe ku cyaha cyo kwerekana amashusho ya Perezida w’Igihugu Vladimir Putin atagaragara umutwe.



Kwerekana umukuru w’igihugu mu ijambo ageza ku baturage ukamukata umutwe mu mashusho, byerekana ibindi bindi. Televiziyo ya Kaskad iracyari mu mazi abira ku ikosa yakoze mu byumweru bishije ubwo Vladimir Putin yagezaga ijambo ku benegihugu abifuriza umwaka mushya binjiyemo.

TV bosses to be 'punished' after Vladimir Putin was 'beheaded' by a glitch  during his New Year's message

Kaskad Tv yerekanye Putin atagaragara umutwe

Ababonye amashusho ya Kaskad Tv, ntabwo babonaga neza Putin mu maso usibye kubona umunwa gusa rimwe na rimwe ukabona isura ariko umutwe utagaragara. Ibi byarakaje abaturage basabira ibihano abayabozi ba Televiziyo ko bazahanwa kubera gutambuta amashusho nabi.

Vladimir Putin

Uyu muyoboro wa Televiziyo ukorera i Kaliningrad mu karere k’iburengerazuba, ikosa bwarishyize kuri tekiniki, gusa byazamuye imyigaragambyo ya politiki kubera ikosa riteye isoni. Ibihano Kaskad TV yaciwe mu itangazo ntibagaragaje ibyo ari byo, cyangwa ngo bavuge ababigizemo uruhare, gusa hari amakuru avuga ko ababigizemo uruhare barashwe nk’uko The Sun ibitangaza.

Src: The Sun






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND