RFL
Kigali

Umuhanzi Mr Eazi yahuriye n'uruva gusenya muri Ghana asaba Perezida ubufasha byihuse

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:27/12/2020 12:02
0


Umuhanzi wo muri Nigeria,Oluwatosin Ajibade wamamaye kukazina ka Mr Eazi yahuye n'uruva gusenya yibwa Mudasobwa na terefone ubwo yari yatembereye mu mujyi wa Accra muri Ghana maze asaba Perezida w'iki gihugu ubufasha bwo kureba uburyo yagarurirwa ibyo yibwe.



Mr Eazi, icyamamare muri Nigeria, yari yarafashe uruzindo muri Accra, yibibwa mu mujyi rwagati n'abajura yayobewe, uyu muhanzi yahise ahamagarira,Perezida wa Repubulika  wa Ghana, Nana Addo Dankwa Akufo-Addo kumufasha kugarura ibikoresho bye mu maguru mashya agategeka abashinzwe imitekano mu mihanda n'abandi bagafata abajura.

Trending drinks news on punchng.com

Mu buryo bwo kumenyekanisha ko ahuye n'ikibazo, Mr Eazi, yarebye uburyo agera ku rukutwa rwe rwa Twitter maze agenera ubutumwa  bw'akababaro ,Perezida, Nana Addo Dankwa Akufo-Addo. mu magambo y'uyu muhanzi, yagize ati " "Nyakubahwa  ,NAkufoAddo umeze ute muri iki gitondo? Ndangije Gusenga numva  nakugezaho  icyifuzo n' ibitekerezo  ko Mudasobwa  yanjye na terefone byibwe n'aba Shapiro(Amabandi). Nk'umuyobozi mukuru Nyamuneka bwira abahungu bo  kumuhanda gukora ibishoboka  bagarure ibyanjye  Nyakubahwa! Ndakwizeye". 

WOW: Mr Eazi Promises To Do This For Emerging Artistes...

Uyu muhanzi Mr Eazi,  ari mu bahanzi bakundwa cyane, doreko ubwo  aheruka mu Rwanda mu mwaka wa 2017 mu gitaramo yakore i Kigali, Abanyarwanda  berekanye urukundo rwinshi kuri we.

Mr Eazi on Amazon Music

Mr Eazi , ari mu bahanzi  bakomeye muri Afurika







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND