RFL
Kigali

Muhanga: Itangazo rya cyamunara y'umutungo utimukanwa ufite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:24/12/2020 16:08
1


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Umwanditsi Mukuru cyo kugurisha ingwate Ref.No: 020-091469 cyo ku wa 14/12/2020, kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y’Umwanditsi Mukuru N°001/2020/ORG yo ku wa 12/05/2020 agenga ibyerekeye gucunga, gukodesha, kugurisha mu cyamunara no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko ku wa 12/01/2021 i saa yine z’amanywa (10h00’) azagurisha mu cyamunara inzu iri mu kibanza gifite UPI: 2/07/12/04/3110, ubuso bungana na 907m2, agaciro kangana na 30,349,000Frw giherereye mu Mudugudu wa KABEZA, Akagari ka RULI, Umurenge wa SHYOGWE, Akarere ka MUHANGA, Intara y’AMAJYEPFO;

Abifuza gusura iyo nzu ni uguhera taliki ya 22/12/2020 i saa yine z’amanywa (10h00’), ingwate y’ipiganwa ikaba ingana na 1,517,450Frw yishyurwa kuri Konti N°00040-06965754-29 ifunguye muri Banki ya Kigali yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS ya Minisiteri y’ubutabera;

-        Abakeneye ibindi bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa: 0788 35 70 15.

-        Ifoto n’igenagaciro byawo biboneka hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga ryo kurangiza inyandikompesha cyamunara.gov.rw

Bikorewe i Kigali, ku wa 18/12/2020

Ushinzwe Kugurisha Ingwate

Me Alain Thierry Robert ISABWE  


Itangazo rya Cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Chantal3 years ago
    Difuzakuganiranamwe murakoze





Inyarwanda BACKGROUND