RFL
Kigali

Ntibisanzwe! Joe Donor ufite intego yo gutera inda abagore 2,500 amaze kubyara abana 150

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:24/12/2020 14:01
0


Umugabo umaze kuba icyamamare ku isi kubera kubyara abana benshi hirya no hino, Joe Donor, uhisha amazina ye nyakuri, yishimiye uburyo yateye inda abagore 3 b'Abongereza mbere ya Noheli.



Uyu mugabo uvugako ari umuterankunga w'intanga, afite imyaka 50 y'amavuko, akomoka muri Vermont, yabaga i Ilford muri Essex, mu mezi atatu ashize nyuma yo kugera mu Bwongereza bwa mbere muri Nzeri. Bivugwa ko abagore 15 babonye ubufasha bwe bwo kubaha intanga.

Joe (pictured with one of his children) offers both sexual intercourse and artificial sperm insemination - he claims about 50 per cent of his offspring are a result of having sex - and insists he does not make any profit from his donations, although he is sometimes paid for his travel expenses

Uyu mwaka wa 2020, Joe Donor, yishimira ko azabona abana 3. Abana babiri ni abo ku bagore yaryamanye nabo mu gihe, umwe yamubonye mu buryo bw'intanga  yatanze. Joe  avuga ko hafi 50 ku ijana by'urubyaro rwe biterwa no gukora imibonano mpuzabitsina ariko ashimangira ko nta nyungu yunguka mu mpano yatanze, nubwo rimwe na rimwe ahembwa amafaranga y'urugendo.

Joe avuga ko yiyemeje gutera inda abagore benshi uko ashoboye, aho yifuza gutera inda abagore 2,500. Yashimangiye ko kuva yagera mu Bwongereza yahuye n'abagore 15. Ati: "Kuva nagera mu Bwongereza muri Nzeri nahuye n'abagore bagera kuri 15. Benshi muri bo ntibashaka gukora imibonano mpuzabitsina, kuko bavuga ko bitera ibibazo byinshi mu mibanire yabo, nanjye nkabaha intanga."

"Gufasha abagore kurema impano y'ubuzima ni impano nziza muri bose. Buri gihe niteguye guha abagore umwana bahoraga bashaka. Navuga ko nka batatu muri abo bagore nahuye nabo, twararyamanye, babiri muri bo baratwite, navuga ko abo turyamanye bose badatanga raporo ngo menye nimba barasamye".

Joe (pictured sightseeing in the UK) said: 'Helping women create the gift of life is the best present of all. I'm always ready to climb down that chimney and give women the dream baby they've always wanted'

Joe, Yongeyeho ati: "Numva ndi umugabo ufite amahirwe menshi ku isi ushobora gufasha abagore mu gihe bakeneye umwana". Joe avuga ko iki cyorezo cya covid-19 kitamutindije muri uyu mwaka kuko buri mwaka yihaye gutera inda abagore 10 kandi byarakunze. 

'Joe Donor' (pictured), 50, from Vermont, who conceals his real name, has been living in Ilford, Essex, for the past three months after first arriving in the UK in September

Joe yiyita utanga intanga wabigize umwuga

src: Dailymail






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND