RFL
Kigali

Agira isoni, araberwa cyane: Ibyo utari uzi kuri Margaret Kenyatta umugore wa Perezida wa Kenya

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:22/12/2020 6:19
0


Mu gihugu cya Kenya, umugore wa Uhuru Kenyatta, Margaret Kenyatta, ni umwe mu bantu rimwe na rimwe baragwa n'isoni ariko akamenyakana na none nk'umwe mu banyakenyakazi bambara bakaberwa kandi bakambara imyenda itamenyerewe cyane.



Kwambara ukaberwa, abenshi bavuga ko atari ukwambara imyenda ihenze abandi batambara. Marget Kenyatta, uzwiho cyane kugira imyambarire itandukanye n'abandi nk'umunyadushya, avuka kuri Njuguna Gakuo, wahoze ari umuyobozi wa sosiyete ya gari ya moshi ya Kenya, na nyina w’umudage, Magdalena. Yize mu ishuri ryitiriwe Mutagatifu Andereya i Molo, muri Kenya, ahabwa impamyabumenyi y’uburezi yakuye muri kaminuza ya Kenyatta.

Margaret Kenyatta Margaret Kenyatta's photo in Egypt excites Kenyans

Igitekerezo rusange kuri we muri Kenya gikunda kwibanda cyane ku myambarire ye ndetse n’imiterere ye, ndetse no ku bitekerezo bye bigaragara ko afite isoni. Margaret Kenyatta yayoboye ubukangurambaga, bwiswe Beyond Zero Campaign, kugira ngo impfu z'ababyeyi bapfa babyara zigabanuke. Ku ya 24 Ukwakira 2014, yahawe igihembo cyo muri Kenya.

Mu minsi yashize ni bwo ikinyamakuru Tuko cyakoze inkuru ivuga ko Margaret Kenyatta, ari mu banyakenyakazi bambara bakaberwa.

First Lady Margaret Kenyatta Roots For Hand Hygiene To Prevent Infections |  Reactor ReviewMargaret Kenyatta Steals The Show At The Madaraka Day Celebration In Nakuru

Arambara akaberwa cyane







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND