RFL
Kigali

“Ndifuza kuba icyamamare muri Filime z'urukozasoni” Umuhanzikazi amennye amabanga!-AMAFOTO

Yanditswe na: Neza valens Vava
Taliki:10/12/2020 19:32
0


Umuhanzikazi Sheila Don Zella yamennye amabanga ahishura ko kuva kera yifuje kuba umukinnyi wa filime z'urukozasona agamije kubishakamo amarafanga ariko nyuma ntibyamuhira., ubu rero arabikomeje.



Sheila Don Zella ni umugandekazi w’icyamamare mu muziki no ku mbuga nkoranyambaga wakunze kugarukwaho cyane mu itangazamakuru muri iki gihugu. Yigaruriye imitima y’abagabo benshi barimo n’ibyamamare kubera uburyo yigaragaza ku mbuga nkoranyambaga yambaye utwenda dukurura abagabo.

Ku rukuta rwe rwa Instagram akurikiranwa n’abantu ibikumbi ijana na mirongo icyenda n’icyenda. Amafoto ari kuri uru rukuta amenshi ni agaragaza ikimero cye ari ku migabane itandukanye y’isi nko muri Amerika, n’ahandi. Yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka “Nyinizo”, n’izindi.


Sheila Don Zella wahishuye ko bitamuhiriye ko akina filime z'urukozasoni

Uyu muhanzikazi aherutse gutangaza ko iyo biza kumuhira yari gusarura amafaranga muri filime z’urukozasoni kuko yahoranye inzozi zo kuzikina. Ibi aherutse kubitangariza umunyamakuru witwa Flavia Namulindwa usanzwe ukora ibiganiro bitandukanye akabishyira kuri shene ye ya Youtube yitwa Mary Flavia Namulindwa.

Mu kiganiro nawe yagize ati ”Ndashaka kuba icyamamare muri filime z'urukozasini, zari inzozi zanjye buri gihe. Abantu bakura amafaranga muri buriya buzima mba narabyinjiyemo iyo nza kubona amahirwe”. Yongeyeho ko abagabo bari gukunda kureba uko aremye. Iki kiganiro kuri iyi shene ya youtube kimaze kurebwa n'abasaga ibihumbi mirongo ine na bine mu gihe cy'ibyumweru bibiri.

Mu myaka itanu ishize yigeze gushyira hanze ifoto yambaye bikini ku munsi w’abakundana (Saint Valentin) maze munsi yayo yandikaho amagambo agira ati” Ndi impano yawe yambaye ubusa ku munsi w'abakundana”. Icyo gihe yagarutsweho cyane mu itanagzamakuru no ku mbuga nkoranyambaga abenshi bamushinja kugira ikinyabupfura gike.

Uyu muhanzikazi akaba n’umubyeyi wavuzweho gukunda abagabo yahoze ari umukunzi w’umuhanzi Big Eye nawe ufite izina rikomeye muri Uganda. Yamamaye mu indirimbo nka "Nkwagala Nyo Remx" yakoranye na Dr Jose Chameleone, ‘’Mango juice’’, ‘’Going Higher’’, ‘’Muzibe’’,’’ Already Booked “n’izindi nyinshi zamugize icyamamare. Sheila Don Zella na Big Eye batandukanye muri Gicurasi 2016. Ntibigeze bashaka kwerura ngo batangaze icyabatandukanyije.


Yigaruriye imitima y'abagabo benshi barimo n'ibyamamare



Atembera isi nk'umudugudu aha yari ari muri California ahashyirwa inyenyeri z'abafite uduhigo (Wolk Of Fame Hollywood)



Zella n'umukunzi we Big Eye bahoze bakundana [bose ni abahanzi]






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND