RFL
Kigali

Urwandiko rwa TUYISENGE Claire rusaba guhindura amazina

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:1/12/2020 9:13
4


INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDURA AMAZINA



Turamenyesha uwitwa TUYISENGE Claire mbere Murekezi na Kandirima, utuye mu Mudugudu wa Gatandaganya, Akagari ka Kibibi, Umurenge wa Kibumbwe, Akarere ka Nyamagabe, mu Ntara y'Amajyepfo wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYISENGE Claire, akitwa TUYISENGE Marie Claire mu gitabo cy'irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina 'ni izina niswe n'ababyeyi ariko ntiryandikwa mu gitabo cy'irangamimerere'.

Byemejwe na Prof. Shyaka Anastase, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu

Agaciro k'icyangombwa: Cyatanzwe kuwa 2020-11-25


Itangazo ryo gusaba guhindura izina






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • GILIBAMBE UWASE henriette3 years ago
    Mwiriwe,nange mfite ikibazo nkicye. Nakwandikira nde ngo mbone iyi service.murakoze.
  • Kamanzi Augustin3 years ago
    Abantu benshi tugiye dufite amazina n'imyaka bitandukanye cyane nibyo twatanze mugihe twibaruzaga gufata irangamuntu kandi noneho ugasanga ninabyo dufite kubindi byangombwa byishuri ubu gyewe ntayobewe uko nzabigenza kugirango mbone ibijyanye n'umwirondoro wanjye nyakuri
  • Pittt3 years ago
    Mubumuhe
  • Tuyizere Pacifique alnord3 years ago
    Nanjyemfite ikibazocyamazina kandintahontazengurutse mite Amazon a ahabanye arikuntangamuntu atantukanyenabakuridiplome nimumfashye nakwandikirande?





Inyarwanda BACKGROUND