RFL
Kigali

Producer Element yahishuye ko ari gukorera indirimbo abahanzi b'ibyamamare muri Afurika-VIDEO

Yanditswe na: Peacemaker Pundit
Taliki:29/11/2020 14:23
1


Umusore ukiri muto wamamaye ku myaka 20 y’amavuko ni umwe mu bashobora kwifuzwa n’umushoramari wese wafungura studio yamwifuza akaba yatandukana n’umukoresha we Noopja. Kuri ubu Element yahishuriye InyaRwanda.com ko ari gukorera indirimbo abahanzi b'amazina azwi muri Afrika.



Mu kiganiro yagiranye na INYARWANDA imusanze kuri studio, Element yavuze ko muri Country records ahafata nko mu rugo dore ko ari ho hamwubakiye izina. Abajijwe niba ashobora kuzahava, yagize ati:” Ni ukuvuga ngo nta bwo wavuga ngo nzaguma aha hantu ntabwo bibaho!” Yongeraho ko Imana ihora ipangira umuntu ibintu bitandukanye. Ati:”Ndi Country records, ndi Country boy wenda kugenda byashoboka igihe cyose n'iyo nagenda hano ni mu rugo nagaruka”.

 

Kurikira ikiganiro aho Producer Element aca amarenga yokuva mu Country Records ndetse hari abahanzi bakomeye bo muri Afurika yavuze ko ari gukorera indirimbo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Mr. S3 years ago
    Niba tipe wacu atangiye kujarajara I sure you ko nawe ibye birangiye, ubwamamarebwe buraba bihagaze azubire inyuma bishoboka. Niba Hari abamugira inama bamubwira akaba yitonze pee ikisicyogihe cyokugendagenda





Inyarwanda BACKGROUND