RFL
Kigali

Urundi rupfu rutunguranye k'umukinnyi ukina muri Nollywood 'Murphy Afolabi'

Yanditswe na: InyaRwanda
Taliki:15/05/2023 9:20
0


Hashize amasaha macye havugwa urupfu ry'umukinnyi w'icyamamare ukina muri Nollywood 'Saint Obi', none undi mukinnyi w'icyamamare ukina muri 'Yoruba movies' nawe ahise yitaba Imana ku cyumweru. Yapfuye ubwo yari ari koga muri dushe iwe mu rugo mu gace ka "Ikoradu, Lagos State".



kugezubu ntamakuru y'urupfu rwa Murphy Afolabi' aramenyekana ndetse n'amugenzi we Saint Obi ariko umwe mubo bakorana byahafi Tunde Ola Yusufu akaba nk'umuyobozi wabo, ndetse akana tunganya filme ( producer & director) niwe watangaje ayamakuru ababaje. yanditse k'urukuta rwe rwa Instagram ati:"IMana ikwa kire mubayo Kandi ikomeze abasigaye"

Uyu mukinnyi wa filme 'Murphy Afolabi' akaba apfuye mugiye yari ari kwizihiza isabukuruye y'amavuko y'imyaka 49, Nolly wood Ni uruganda rw'afilme rukora filme z'uruhererekane zikorerwa muri Afrika mugihugu cya Nigeria ikaba ari izina ry'iritirano rikomoka kuri 'Holly wood' filme y'abahinde, ikaba y'ara fonzwe n'umwe mubanditsi bakomeye muri Afrika Chinua Achebe umwe mubanditsi bakomeye doreko arinawe wanditse igitabo cy'ubuvanganzo "Things Fall apart" nibindi bitandukanye, Nolly wood ikaba iza kumwanya wa kabiri Munganda za filme zitegura filme nziza ku isi.


Murphy Afolabi yitabye Imana aguye mu bwogero


Saint Obi nawe yitabye Imana mu buryo butunguranye


Umwanditsi: Jean Harerimana






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND