RFL
Kigali

Sabrina, izina ry’abakobwa bakundwa cyane

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:19/11/2021 8:19
0


Menya ubusobanuro n'ibiranga abakobwa bitwa izina rya Sabrina.



Sabrina ni izina rifite inkomoko mu Kilatini ku izina Habren, mu Cyongereza ni Severn akaba ari umugezi uba mu Bwongereza.

Iyo ushakishije icyo iri zina risobanura usanga bivuga ‘ umuntu ugenda buhoro’ cyangwa se ‘inkombe’.

Hamwe bandika Sabreana, Sabreanah, Sabreane, Sabreen, Sabreenah, Sabreene, Sabreina, Sabrene, Sabriena, Sabrin, Sabrinas, Sabrinia n’ukundi gutandukanye bitewe n'igihugu.

Bimwe mu biranga ba Sabrina

Sabrina usanga ari umuntu ukundwa, uzi gusabana no kubana n’abandi kandi witabira ibirori cyane.

Aho ari hose akunda ubuzima bworoshye, ntabwo akunda umuntu umutegeka cyangwa se ngo amushyireho igitutu.

Azi gucunga ifaranga ntabwo atagaguza ahubwo aba yapangiye buri kintu cyose ari bukore. Ubucuruzi buramuhira , kandi kubera ko akundwa n’abantu benshi nta kintu akora ngo cyange.

Iyo umukoreshereye amakosa umujinya we uba hafi agahita akugaragariza amarangamutima ye yose.

Akunze kwiga iby’ubukungu, ubujyanama, amategeko n’ibindi bituma ahura n’abantu benshi.

Src:www.nameberry.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND