RFL
Kigali

Bisubizo Jean Pierre ufite ubumuga yifuza uwamufata ukuboka agatungwa n'umuziki

Yanditswe na: Peacemaker Pundit
Taliki:26/03/2021 12:51
0


Bisubizo Jean Pierre ukora umuziki wo mu njyana ya HipHop akaba afite ubumuga bushobora kuba bwaratewe n'imbasa. Ukuboko kwe kw'iburyo ntigukora neza. Afite indirimbo eshatu ziri kuri shene ya YouTube yitwa ''SKY NATION Official''.



Bisubizo Jean Pierre ni yo mazina akoresha muri muzika. Yatangarije InyaRwanda.com ko yavutse mu muryango w'abana barindwi ariko hasigaye bane abandi batabarutse muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

 Ukuboko kw'iburyo ntigukora neza n'uruhande kariho

Aganira na InyaRwanda.com, uyu musore yavuze ko yiyumvamo injyana ya HipHop kandi akaba yifuza uwamufasha agatera imbere. Indirimbo afite avuga ko yazikorewe na Trackslayer akibarizwa muri Touch Entertainment. 


Bisubizo Jean Pierre afite ubumuga, uruhande rumwe rw'umubiri we ntirukora neza

Umva hano indirimbo za Jean Pierre Bisubizo

">

">






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND