RFL
Kigali

Nicolas Sarkozy wahoze ayobora u Bufaransa yakatiwe imyaka itatu azira ruswa

Yanditswe na: Peacemaker Pundit
Taliki:1/03/2021 21:19
0


Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa kuva 2007-2012 yahawe ruswa na Muamar Ghaddafi mu gihe yarimo yiyamamariza kuyobora icyo gihugu.



Nicolas Sarkozy yakatiwe imyaka itatu kuko yakiriye ayo madolali mu 2012 ubwo yashakaga kuyobora indi manda. Muri Mutarama mu 2021 iperereza ryongeye gukurikirana Sarkozy aho basanze agira uruhare mu bikorwa byo kugira inama abategetsi bo mu Burusiya. Mu 2019 bwana Sarkozy yahawe miliyoni eshatu z'amayero yahembwe nk'umujyanama, akaba yarayishyuwe n'ikigo kitwa ''Reso-Garantia''.


Nicolas Sarkozy yakatiwe imyaka itatu n'ibiri yakuriweho. France24 yanditse ko umunyamategeko we, Thierry Herzogna we yahamijwe icyaha cyo gushaka guha ruswa umucamanza Gilbert Azibert.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND