Emelyne ni izina rikomoka ku rurimi rw’ikidage Amelina bisobanura” Umuko
Ba Emelyne bakunze kuba abakozi cyane, barashishikara mu byo
bakora, bita kuri byose, Ubumuntu ni kimwe mu biranga Emelyne, Muri rusange
Emelyne akunda kugira impuhwe, Bikunze
kuvugwa ko gutekereza cyane ari imwe mu mico ishimishije ku bantu bitwa ba
Emelyne.
Bitewe no kwifuza, Émelyne yerekana ubutwari bwinshi n’ubushake
budacogora bwo gukorera inyungu ze, ahora akeneye gushishikarira kwishora mu
mushinga. Muyandi magambo, abavandimwe be bagomba kumwereka inyungu z’igihe
gito cyangwa kirekire mu mushinga mbere yo kumwegera. Niba uwo bavugana azi
kumujyana ku marangamutima akoresheje intego iboneye, uyu mugore ufite imbaraga
azakora neza kuko aba yabyiyemeje.
Kubera ukuntu akunda umurimo, Émelyne aratunganye mu
bucuruzi kandi azi gushishoza kuri buri kimwe,
Uyu muntu afite ibitekerezo byiza ariko kandi akunda
gukabiriza ibintu bidafite ishingiro, emelyne arakazwa n’ubusa, Iyo afite abavandimwe akuriye abatwara uko
ashaka agira ngo bamere nka we ni umunyagitugu cyane, ni nayo mpamvu bagomba
kwitondera ibikorwa byabo kugirango atabatonganya cyane
Ku babyeyi be, Émelyne yigaragaza nk’umukobwa utoroshye, Mubyukuri,
ni umunyabwenge, ntakibazo agira cyo guhangana n’ukuri ku buzima bitewe n’imbaraga
z’imiterere, iyo akirimuto ni byiza kumwigisha buhoro buhoro gusangira,
kwihangana no kubaha abandi
Src: journaldesfemmes.fr
TANGA IGITECYEREZO