RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.comEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2024 - Inyarwanda.comUmukunzi we yabuze ku munsi w'ubukwe ahita ashyingiranwa n’ifoto Vivian Chizoba, umunyamuryango w’itsinda ryitwa “Igbo Rant” rikorera ku rubuga rwa Facebook, yashyize hanze amafoto yafashwe asezerana n’ifoto y’umukunzi we, nyuma y'uko amubwiye ko ahuze cyane bitamukundira kuza mu bukwe.https://inyarwanda.com/inkuru/142415/umukunzi-we-yabuze-ku-munsi-wubukwe-ahita-ashyingiranwa-nifoto-142415.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amatike y'imikino ya nyuma ya BAL yashyizwe hanze, Perezida wayo atanga ikaze i KigaliAmatike y'imikino ya nyuma ya Basketball Africa League izabera i Kigali muri BK Arena yashyizwe hanze, Perezida wayo Amadou Gallo ashishikariza abafana kuyagura ndetse anabaha ikaze I Kigali.https://inyarwanda.com/inkuru/142411/amatike-yimikino-ya-nyuma-ya-bal-yashyizwe-hanze-perezida-wayo-atanga-ikaze-i-kigali-142411.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rwamagana: Umugabo yatemwe n'umuturanyi wamushinjaga kumufatira mu cyuho asambana n'umugore we Umugabo utuye Murenge wa Munyiginya yatemewe mu rugo rw'umuturanyi avuga ko amufatiye mu rugo rwe amusambanyiriza umugore we.https://inyarwanda.com/inkuru/142406/rwamagana-umugabo-yatemwe-numuturanyi-wamushinjaga-kumufatira-mu-cyuho-asambana-numugore-w-142406.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Paris Saint-Germain yananiwe gutsinda Le Havre ngo irarane igikombeParis Saint-Germain yanganyije na Le Havre ibitego bitatu kuri bitatu, ihita igira amanota 70 aho ibura inota rimwe gusa ngo yizere igikombe. https://inyarwanda.com/inkuru/142410/paris-saint-germain-yananiwe-gutsinda-le-havre-ngo-irarane-igikombe-142410.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yarize nk’uruhinja amenye ko umusore wamwambitse impeta ari padiri Umukobwa ukomoka muri Kenya yarize nk’abana amaze ku menya ko umusore bamaranye imyaka itatu mu rukundo yamubeshyaga ko bazabana, nyuma aza kumenya ko ari umupadiri muri Amerika.https://inyarwanda.com/inkuru/142414/yarize-nkuruhinja-amenye-ko-umusore-wamwambitse-impeta-ari-padiri-142414.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200NBA Playoffs: Los Angeles Lakers yanze gusezererwa idakozemoKuri uyu wa Gatandatu, ubwo hakinwaga imikino ya Kane muri NBA Playoffs, Los Angeles Lakers yabonye intsinzi yayo ya mbere imbere ya Denver Nuggets. https://inyarwanda.com/inkuru/142412/nba-playoffs-los-angeles-lakers-yanze-gusezererwa-idakozemo-142412.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubujurire bwa R.Kelly bwo kugabanyirizwa igifungo bwatewe utwatsiUrukiko rukuru rw'umujyi wa Chicago rwateye utwatsi ubujurire bw'umuhanzi R.Kelly washakaga ko agabanyirizwa igifungo cy'imyaka 20 yakatiwe mu 2022 nyuma yo guhamwa n'ibyaha byo gufata ku ngufu umwana w'umukobwa w'imyaka 14 no kumufata amashusho y'urukozasoni.https://inyarwanda.com/inkuru/142413/ubujurire-bwa-rkelly-bwo-kugabanyirizwa-igifungo-bwatewe-utwatsi-142413.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Diamond yashyize akadomo ku iserukiramuco ryitabiwe n'ibihumbi i Dar Es Salaam-AMAFOTOMu gihe cy’iminsi ibiri muri Dar Es Salaam ho muri Tanzania habereye iserukiramuco ry'akataraboneka ryari ritegerejwe na benshi, ryaririmbyemo ibyamamare bikomeye.https://inyarwanda.com/inkuru/142400/diamond-yashyize-akadomo-ku-iserukiramuco-ryitabiwe-nibihumbi-i-dar-es-salaam-amafoto-142400.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Polisi yasabye abatwara ibinyabiziga kwitondera ibihe by'imvura Polisi y' u Rwanda ibinyuranyije Ku rubuga rwayo yakanguriye abatwara ibinyabiziga kwitondera imihanda ishobora kubateza impanuka kubera iyangirika ritunturanye ry'imwe mu mihanda kubera imvura nyinshi.https://inyarwanda.com/inkuru/142409/polisi-yasabye-abatwara-ibinyabiziga-kwitondera-ibihe-byimvura-142409.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida Kagame yitabiriye inama muri Arabia SauditeKuri uyu wa Gatandatu Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Arabia Saudite mu Nama Mpuzamahanga mu by'ubukungu.https://inyarwanda.com/inkuru/142407/perezida-kagame-yitabiriye-inama-muri-arabia-soudithe-142407.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Gatsibo: Abana batatu bari baraburiwe irengero babonetse muri Kayonza ku munsi wa Gatatu bashakishwa Abana bari baburiwe irengero babonetse ku munsi wa Gatatu bashakishwa. Amakuru avuga ko uwari yabatwaye nawe ari umwana ndetse hakomeje iperereza kugira ngo hamenyekane icyamuteye kubatwara.https://inyarwanda.com/inkuru/142404/gatsibo-abana-batatu-bari-baraburiwe-irengero-babonetse-muri-kayonza-ku-munsi-wa-gatatu-ba-142404.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Christ Kingdom Embassy yongeye gutegura igiterane ngarukamwaka 'Fresh Fire Conference 2024'Itorero Christ Kingdom Embassy riyoborwa na Pastor Tom Gakumba & Anitha Gakumba, ryongeye gutegura igiterane ngarukamwaka cyitwa 'Fresh Fire Conference' gishoye imizi mu Ibyakozwe n'Intumwa 2:3-4.https://inyarwanda.com/inkuru/142375/christ-kingdom-embassy-yongeye-gutegura-igiterane-ngarukamwaka-fresh-fire-conference-2024-142375.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubugereki na Espagne byafashe icyemezo gishobora korohereza u Burusiya mu kugaba ibitero bukoresheje ikirere Ibihugu by' u Bugereki na Espagne byanze gufasha Ukraine kubona ubwirinzi bwayifasha kuburizamo ibitero by'u Burusiya bukoresheje ikirere.https://inyarwanda.com/inkuru/142397/ubugereki-na-espagne-byafashe-icyemezo-gishobora-korohereza-u-burusiya-mu-kugaba-ibitero-b-142397.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Inshingano zanjye ni uguhamya ibyabaye mu Byahishuwe nk'uko numvise kandi nabibonye - Chairman Lee Man-heeShincheonji Church of Jesus [Shincheonji Itorero rya Yesu], iherutse kwizihiza isabukuru y'imyaka 40 imaze ibonye izuba, yakoze amahugurwa y'Ijambo ry'Imana yabereye muri Philippines ayoborwa na Chairman Lee Man-hee watanze ubuhamya bwakoze ku mitima ya benshi bayitabiriye.https://inyarwanda.com/inkuru/142399/inshingano-zanjye-ni-uguhamya-ibyabaye-mu-byahishuwe-nkuko-numvise-kandi-nabibonye-chairma-142399.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yago yari guhabwa ikibanza cyangwa inzu? Menya icyo amategeko ateganya-VIDEOUbwo yari mu gitaramo cyo kumurika Album 'Suwejo', umuhanzi Marchal Ujeku yatangaje ko bashobora guha Yago ikibanza cyangwa se inzu mu rwego rwo kumushimira uburyo yahihibikaniye urugendo rwe rw'umuziki n'itangazamakuru, ariko byarangiye bamuhaye ikibanza, ntacyo amaso yaheze mu kirere.https://inyarwanda.com/inkuru/142390/yago-yari-guhabwa-ikibanza-cyangwa-inzu-menya-icyo-amategeko-ateganya-video-142390.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rayon Sports ku bufatanye na SKOL bahembye abakinnyi bitwaye neza mu kwezi kwashize Rayon Sports ku bufatanye n'uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n'ibidasembuye rwa SKOL bahembye abakinnyi bitwaye neza mu kwezi kwashize kwa 3 mu ikipe y'abagabo n'abagore.https://inyarwanda.com/inkuru/142398/rayon-sports-ku-bufanye-na-skol-bahembye-abakinnyi-bitwaye-neza-mu-kwezi-kwashize-142398.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200U Bwongereza: Umwe mu bagize Guverinoma aranengwa kwitiranya u Rwanda na RD Congo Umunyamabanga wa Leta Muri minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yanezwe n'abatavuga rumwe n'Ubutegetsi nyuma y'ikiganiro yagaragarijemo kwitiranya u Rwanda na RD Congo nk'aho ari Igihugu kimwe.https://inyarwanda.com/inkuru/142393/u-bwongereza-umwe-mu-bagize-guverinoma-aranengwa-kwitiranya-u-rwanda-na-rd-congo-142393.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Tanzania: Urukuta rwagwiriye abana batatu bavukana abaturanyi babyegeka ku maroziAbana batatu bakomoka mu Muryango umwe bapfuye bagwiriwe n'urukuta rw'inzu abaturanyi babo bahwihwisa ko byaturutse ku marozi.https://inyarwanda.com/inkuru/142396/tanzania-urukuta-rwagwiriye-abana-batatu-bavukana-abaturanyi-babyegeka-ku-marozi-142396.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibya Harry Kane ni ugutsinda igikombe kikigira ahandiHarry Kane yatsinze ibitego bibiri byafashije Bayern Munich kwegukana amanota atatu, nyamara igikombe cyamaze kugera mu ntoki za Bayer Leverkusen. https://inyarwanda.com/inkuru/142395/ibya-harry-kane-ni-ugutsinda-igikombe-kikigira-ahandi-142395.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni ukwagura amarembo y’inganzo- Massamba utegerejwe muri Uganda mu gitaramoUmuhanzi mu njyana gakondo waboneye benshi izuba, Massamba Intore ari mu myiteguro yo kujya gukorera igitaramo cy’umugoroba w’umuziki gakondo ‘A Cultural Night’ muri Uganda, igihugu yabayemo mu bihe bitandukanye, kandi ahatanGira ibyishimo.https://inyarwanda.com/inkuru/142394/ni-ukwagura-amarembo-yinganzo-massamba-utegerejwe-muri-uganda-mu-gitaramo-142394.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Miss Supranational Andrea Aguilera yizihije isabukuru y’imyaka 23 y'amavuko - AMAFOTOMu gihe hasigaye igihe gito ngo atange ikamba ku mukobwa uzamusimbura, Miss Supranational 2023, Andrea Aguilera ari mu byishimo byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko y’imyaka 23. https://inyarwanda.com/inkuru/142389/miss-supranational-andrea-aguilera-yizihije-isabukuru-yimyaka-23-yamavuko-amafoto-142389.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imigambi ya MG Happy; umunyempano wifuza kuba umuhanzi mpuzamahanga MG Happy ni umwe mu bahanzi bari kurwana no kuzamuka ngo barebe ko hari urundi rwego bageraho mu muziki wabo n’ubwo atari inzira yoroshye kuri buri muhanzi uri iki cyiciro.https://inyarwanda.com/inkuru/142388/imigambi-ya-mg-happy-umunyempano-wifuza-kuba-umuhanzi-mpuzamahanga-142388.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Rayon Sports idafite icyo irwanira yatsinze naho AS Kigali yongerera ibibazo Etincelles FC-AMAFOTO Ikipe ya Rayon Sports idafite icyo irwanira yatsinze Muhazi United naho AS Kigali yongerera ibibazo Etincelles FC iyitsinda igitego 1-0. https://inyarwanda.com/inkuru/142392/rayon-sports-idafite-icyo-irwanira-yatsinze-naho-as-kigali-yongerera-ibibazo-etincelles-fc-142392.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nyiri uruganda yitabiriye! SKOL na Rayon Sports WFC bifatanyije n’abaturage mu muganda batera ibiti 4,700 – AMAFOTOAbayobozi b’Uruganda rwa SKOL Brewery rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, ndetse n’ab’ikipe ya Rayon Sports Women FC, bifatanije n’abaturage bo mu Gatsata mu gikorwa cy’umuganda rusange cyasize bateye ibiti 4,700 byiganjemo ibyera imbuto ziribwa.https://inyarwanda.com/inkuru/142386/nyiri-uruganda-yitabiriye-skol-na-rayon-sports-wfc-bifatanyije-nabaturage-mu-muganda-bater-142386.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ndamutse mvuze umuriro wakwaka! Mohammed Salah nyuma yo guterana amagambo n'umutoza weRutahizamu w'ikipe ya Liverpool, Mohammed Salah, yatangaje ko umuriro wakwaka aramutse agize icyo avuga nyuma y'uko agaragaye aterana amagambo n'umutoza we, Jurgen Klopp.https://inyarwanda.com/inkuru/142391/ndamutse-mvuze-umuriro-wakwaka-mohammed-salah-nyuma-yo-guterana-amagambo-numutoza-we-142391.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hagiye kuba iserukiramuco ryitiriwe Album ya BuravanMu rwego rwo kumuha icyubahiro no gusigasira umurage w’ibihangano yasize, umuryango Yvan Buravan Foundation, watangaje ko ugeze kure imyiteguro y’iserukiramuco ry’umuziki bise “Twaje Fest” rifatiye kuri Album ya nyuma Buravan yasize akoze.https://inyarwanda.com/inkuru/142385/hagiye-kuba-iserukiramuco-ryitiriwe-album-ya-buravan-142385.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Liverpool yongeye kwerekana ko iby'igikombe itabirimo, Salah aterana amagambo n'umutozaIkipe ya Liverpool yongeye kwerekana ko iby'igikombe cya shampiyona itabirimo, inganya na West Ham United, maze Mohammed Salah aterana amagambo n'umutoza we Jurgen Klopp.https://inyarwanda.com/inkuru/142387/liverpool-yongeye-kwerekana-ko-ibyiyikombe-itabirimo-salah-aterana-amagambo-numutoza-142387.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Passy Kizito yifashishije Mbanda, Kade na Element mu ndirimbo iherekejwe n'ishimwe ku muryango we-VIDEOUmuhanzi Passy Kizito yatangaje ko mu gukora indirimbo ye yise “Golo”, yifashishijemo amajwi y’abahanzi bagenzi be barimo Calvin Mbanda, Kevin Kade ndetse na Element ibizwi nka ‘background vocals’ mu rurimi rw’amahanga.https://inyarwanda.com/inkuru/142382/passy-kizito-yifashishije-mbanda-kade-na-element-mu-ndirimbo-iherekejwe-nishimwe-ku-muryan-142382.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rubavu: Abarobyi bavuga ko iyo bahaze isambaza bibatera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsinaAbaroba isambaza mu kiyaga cya Kivu bavuga ko ubusambanyi bakora batikingiye babuterwa n'ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bagira nyuma yo kurya isambaza bakaba basaba kwegerezwa udukingirizo hafi y'aho bakorera.https://inyarwanda.com/inkuru/142384/rubavu-abarobyi-bavuga-iyo-bahaze-isambaza-bibatera-ubushake-bwo-gukora-imibonano-mpuzabit-142384.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Muchoma yagarutse mu muziki nyuma y’imyaka ibiri yinjiye mu bushabitsiUmuhanzi Nizeyimana Didier wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Muchoma Muchomani, yatangaje ko imyaka ibiri yari ishize atagaragara mu bikorwa by’umuziki, ahanini biturutse ku bushabitsi bwa ‘Motel’ yinjiyemo no gushakiriza inyungu ku muyoboro wa Youtube.https://inyarwanda.com/inkuru/142381/muchoma-yagarutse-mu-muziki-nyuma-yimyaka-ibiri-yinjiye-mu-bushabitsi-142381.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mu myaka itanu Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye 4,698 z'abakekwagaho gukoresha nabi umutugo wa Leta Mu kiganiro isesenguramakuru Umuvugizi w'Ubushinjacyaha yagaragaje ko urwo rwego mu myaka itanu rwagejeje mu Nkiko dosiye 4,698 z'abantu baregwaga gukoresha nabi umutugo wa Leta.https://inyarwanda.com/inkuru/142383/mu-myaka-itanu-ubushinjacyaha-bwashyikirijwe-dosiye-4698-zabakekwagaho-gukoresha-nabi-umut-142383.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +020010% ni yo nyungu babona! Abahanzi baracyafite ingingimira ku itegeko rirengera umutungoMu 2009 ni bwo hashyizweho itegeko ku mutungo bwite mu by’ubwenge. Nubwo bimeze gutya ariko, abahanzi baracyagaragaza ko abatsindira amasoko ya Leta mu nzego zinyuranye n’abandi batarashyira mu bikorwa icyo itegeko riteganya, ku buryo ijanisha ribereka ko babona inyungu ya 10% n’aho 90% akaguma mu mifuko y’abandi.https://inyarwanda.com/inkuru/142378/10-ni-yo-nyungu-babona-abahanzi-baracyafite-ingingimira-ku-itegeko-rirengera-umutungo-142378.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni Weekend ya nyuma y'ukwezi! Top 15 y'indirimbo zagufasha guherekeza Mata - VIDEO Abahanzi barimo Kenny Sol, Cyusa Ibrahim, Riderman, Kellia n'abandi baguteguriye indirimbo zagufasha gusoza neza weekend ya nyuma y'ukwezi kwa Mata.https://inyarwanda.com/inkuru/142369/ni-weekend-ya-nyuma-yukwezi-top-15-yindirimbo-zagufasha-guherekeza-mata-video-142369.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200NBA Playoffs: Minessota Timberwolves yatsinze umukino wa gatatuUbwo hakinwaga imikino ya NBA Playoffs muri kimwe cya Kane, Minessota Timberwolves yongeye gutsinda Phoenix Suns, ihita yuzuza intsinzi ya gatatu. https://inyarwanda.com/inkuru/142379/nba-playoffs-minessota-timberwolves-yatsinze-umukino-wa-gatatu-142379.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Chryso Ndasingwa utegerejwe muri BK Arena yazengurutse n'amaguru imihanda ya Nyamirambo yamamaza Yesu-VIDEOUmuramyi Chryso Ndasingwa uza ku mwanya wa mbere mu bahanzi nyarwanda bahanzwe amaso bitewe n'igitaramo cy'akataraboneka yitegura gukorera muri BK Arena, yasohoye indirimbo nshya y'amashusho 'Inkomoko' yagiye hanze mu gitondo cy'uyu wa Gatandatu.https://inyarwanda.com/inkuru/142376/chryso-ndasingwa-utegerejwe-muri-bk-arena-yazengurutse-namaguru-imihanda-ya-nyamirambo-yam-142376.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Thomas Tuchel yavuze ko kwitegura kwirukanwa bitazamukoma mu nkokora muri UEFA Champions LeagueNubwo Bayern Munich yiteguye kuzatandukana n'umutoza Thomas Tuchel, yayigejeje muri kimwe cya kabiri muri UEFA Champions League. https://inyarwanda.com/inkuru/142374/thomas-tuchel-yavuze-ko-kwitegura-kwirukanwa-bitazamukoma-mu-nkokora-muri-uefa-champions-l-142374.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yari uruvugiro rwa politike: Twinjirane mu nkomoko ya Afrobeat yagemuweho Afro-Gako y’i RwandaUmaze igihe wumva abantu bibaza ku njyana ya Afro Gako mu Rwanda aho bamwe bavuga ko ari iya Country Records, abandi bakavuga ko ari iya Element Eleeeh wigeze no kumvikana avuga ko nta murishyo wayo arashyira ku isoko.https://inyarwanda.com/inkuru/142351/yari-uruvugiro-politike-twinjirane-mu-nkomoko-ya-afrobeat-yagemuweho-afro-gako-yi-rwanda-142351.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Arnold Schwarzenegger yemeje ko ari we watangije ihangana rye na Sylvester StalloneRurangiranwa muri filimi Arnold Schwarzenegger yavuze ko we na Sylvester Stallone (Rambo), bahanganaga umwe ku wundi kuva mu kinyejana cya 80 ndetse n'icya 90.https://inyarwanda.com/inkuru/142343/arnold-schwarzenegger-yemeje-ko-ari-we-watangije-ihangane-rye-na-sylvester-stallone-142343.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Infinix yashyize ku isoko telefone za Note 40 Series, Israel Mbonyi agirwa 'Brand Ambassador' - AMAFOTOSosiyete ya Infinix ikora kandi ikanacuriza telefone yashyize hanze ubwoko bushya bwa telefone za Note 40 Series, umuhanzi w'icyamamare mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, agirwa 'Brand Ambassador' wazo.https://inyarwanda.com/inkuru/142373/infinix-yashyize-ku-isoko-telefone-za-note-40-series-israel-mbonyi-agirwa-brand-ambassador-142373.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Harimo n’umutoza wa APR FC! Ibyamamare 10 Isi yahombye muri Mata 2024 – AMAFOTOUku kwezi gusa kwa Mata mu 2024, kwatwaye ibyamamare bitabarika hirya no hino ku Isi, mu nzego zitandukanye zirimo Sinema, muzika, imideli, ruhago n’ibindi.https://inyarwanda.com/inkuru/142365/harimo-numutoza-wa-apr-fc-ibyamamare-10-isi-yahombye-muri-mata-2024-amafoto-142365.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rutahizamu wa Bugesera FC akomeje gutanga ibimenyetso byo kuzarangiza shampiyona ariwe utsinze ibitego byinshi - AMAFOTORutahizamu w'ikipe ya Bugesera FC, Ani Elijah akomeje gutanga ibimenyetso byo kazarangiza shampiyona y'u Rwanda ariwe uyoboye abandi mu gutsinda ibitego byinshi.https://inyarwanda.com/inkuru/142371/rutahizamu-wa-bugesera-fc-akomeje-gutanga-ibimenyetso-byo-kuzarangiza-shampiyona-ariwe-uts-142371.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kigali: RIB yataye muri yombi abarimo umukozi ukekwaho kwiba arenga Miliyoni 11frwUrwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha "RIB" rwatangaje ko hafashwe abantu babiri bakekwaho kwiba umucuruzi arenga 11frw.https://inyarwanda.com/inkuru/142370/kigali-rib-yataye-muri-yombi-abarimo-umukozi-ukekwaho-kwiba-arenga-miliyoni-11frw-142370.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Itangazo rya cyamunaraMU RWEGO RWO GUSHYIRA MU BIKORWA ICYEMEZO CY'UMWANDITSI MUKURU CYO KUGURISHA INGWATE CYO KUWA 03/04/2024, Ref N° 024-06 1916 KUGIRA NGO HISHYURWE UMWENDA UMUKIRIYA ABEREYEMO BANKI;https://inyarwanda.com/inkuru/142372/itangazo-rya-cyamunara-142372.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Cole Palmer wabuze Arsenal ikabyidagaduriramo, yamaze gukiraCole Palmer byamaze kugaragara ko ari we mutima wa Chelsea, yamaze gukira uburwayi yari afite, aho ategerejwe mu mukino uza guhuza Aston Villa na Chelsea kuri uyu wa Gatandatu. https://inyarwanda.com/inkuru/142368/cole-palmer-wabuze-arsenal-ikabyidagaduriramo-yamaze-gukira-142368.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Sekarama yasohoye igisigo yakuye ku mubyeyi wazize Jenoside yakorewe AbatutsiSekarama Theogene umaze imyaka itari mike yinjiye mu busizi akaba arimo anasoza amasomo y’icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu Burezi, yashyize hanze igisigo yise ‘Inganji’ agitura ababyeyi bose b’abagore.https://inyarwanda.com/inkuru/142361/sekarama-yasohoye-igisigo-yakuye-ku-mubyeyi-wazize-jenoside-yakorewe-abatutsi-142361.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200CG Namuhoranye yasoje amahugurwa y'abapolisi 283 ku masomo y'ibanze y'umutwe wihariye-AMAFOTOUmuyobozi Mukuru wa Polisi y'Igihugu yasoje amahugurwa y'ibanze y'abapolisi bo mu mutwe wihariye icyiciro cya 12.https://inyarwanda.com/inkuru/142367/cg-namuhoranye-yasoje-amahugurwa-yabapolisi-283-ku-masomo-yibanze-yumutwe-wihariye-amafoto-142367.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bugesera FC yatsinze Police FC umusonga uragabanyuka-AMAFOTOIkipe ya Bugesera FC yatsinze Police, ibyago byo kumanuka muri shampiyona y'icyiciro cya kabiri biragabanyuka.https://inyarwanda.com/inkuru/142366/bugesera-fc-yatsinze-police-fc-umusonga-uragabanyuka-amafoto-142366.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rusizi: Ibyumba by'amashuri byafunzwe kubera inzoka Abarimu bigisha ku rwunge rw'amashuri rwa Gaseke bavuze ko muri iryo shuri hari ibyumba bitatu byafunzwe kubera inzoka zagaragayemo.https://inyarwanda.com/inkuru/142364/rusizi-ibyumba-byamashuri-byafunzwe-kubera-inzoka-142364.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uburanga bw'Umunyamategeko ufite imyaka 60 ushaka kuzahagararira Argentine muri Miss Universe Umunyamateko wo mu gihugu cya Argentine afite icyizere cyo kuzegukana ikamba ryo kuzegukana intsinzi mu matora yo guhitamo uzegukana Miss Universe Argentine riteganyijwe mu Kwezi gutaha .https://inyarwanda.com/inkuru/142362/uburanga-bwumunyamategeko-ufite-imyaka-60-ushaka-kuzahagararira-argentine-muri-miss-univer-142362.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Himbaza Club yiyongereye mu bazataramana na Chryso Ndasingwa mu gitaramo azakorera muri BK ArenaUmuramyi Ndasingwa Jean Chrysostome wamamaye nka Chryso Ndasingwa uri mu bahanzi bakunzwe mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, agiye gukorera igitaramo cye cya mbere mu nyubako ya BK Arena yatumiyemo abarimo itsinda ry’abakaraza n'ababyinnyi rya Himbaza.https://inyarwanda.com/inkuru/142363/club-himbaza-yiyongereye-mu-bazataramana-na-chryso-ndasingwa-mu-gitaramo-azakorera-muri-bk-142363.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200