Ibiyobyabwenge biri mu bintu bya mbere bigora kubireka cyane cyane iyo byakugize imbata ku buryo bisaba izindi mbaraga.
Hari benshi mu bantu bakunze kunywa ibiyobyabwenge ariko bakabinywa batabikunze ahubwo ari uko
byabananiye kubireka kubera ko ahanini zibakoresha ibintu bibi aho usanga
umuntu yiyemeje kubireka ariko bwacya akabisubiraho.
Mu kiganiro yagiranye na Inyarwanda.com, Inararibonye ndetse
akaba inzobere mu kuvura akoresheje ibimera, Muganga MUNYANKINDI Innocent ahamya neza ko hagati y’iminota 15 na 20
umuntu ashobora kuzinukwa ibiyobyabwenge burundu.
Ati ”Ibiyoyabwenge ni ikintu kijya mu bwenge kikabuyobya, uko bwagatekereje siko buba bugitekereza,aho bibera bibi rero nuko kubireka
bidakunda ako kanya, biyobya ubwenge koko ubwirinzi bw’umubiri buba bwacitse intege noneho bya biyobyabwenge akaba ari byo bikuyobora”.
Uyu muti uvana abantu ku biyobyabwenge rero urahari, mu
byukuri hagati y’iminota 15 na 20 icyo kibazo mba ngishyize kuruhande, ndabanza
nkakuganiriza ubundi nkaguha dose unywa ako kanya, wowe ubwawe utaha
ubinyibwiriye uti noneho sinzongera kunywa ibiyobyabwenge”.
Niba wifuza kureka inzoga, itabi n’ibindi biyobyabwenge
bitandukanye nagufasha ako kanya kuko mfite inararibonye ry’imyaka 5 nafashije
abantu benshi kureka ibiyobyabwenge, rero ni wowe wari utahiwe".
Niba wifuza kubivaho burundu hamagara muganga MUNYANKINDI
Innocent 0788673610 aragufasha kubireka burundu kandi iyo miti ikoreshwa ni
ibimera gusa bitarimo 'produit chimique' ndetse bidafite izindi ngaruka.
TANGA IGITECYEREZO