RFL
Kigali

Habonetse umuti wagufasha kureka ibiyobyabwenge burundu

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:17/08/2020 18:12
0


Ibiyobyabwenge biri mu bintu bya mbere bigora kubireka cyane cyane iyo byakugize imbata ku buryo bisaba izindi mbaraga.



Hari benshi mu bantu bakunze kunywa ibiyobyabwenge ariko bakabinywa batabikunze ahubwo ari uko byabananiye kubireka kubera ko ahanini zibakoresha ibintu bibi aho usanga umuntu yiyemeje kubireka ariko bwacya akabisubiraho.

Mu kiganiro yagiranye na Inyarwanda.com, Inararibonye ndetse akaba inzobere mu kuvura akoresheje ibimera, Muganga MUNYANKINDI Innocent  ahamya neza ko hagati y’iminota 15 na 20 umuntu ashobora kuzinukwa ibiyobyabwenge burundu.

Ati ”Ibiyoyabwenge ni ikintu kijya mu bwenge kikabuyobya, uko bwagatekereje siko buba bugitekereza,aho bibera bibi rero nuko kubireka bidakunda ako kanya, biyobya ubwenge koko ubwirinzi bw’umubiri buba bwacitse intege noneho bya biyobyabwenge akaba ari byo bikuyobora”.

Uyu muti uvana abantu ku biyobyabwenge rero urahari, mu byukuri hagati y’iminota 15 na 20 icyo kibazo mba ngishyize kuruhande, ndabanza nkakuganiriza ubundi nkaguha dose unywa ako kanya, wowe ubwawe utaha ubinyibwiriye uti noneho sinzongera kunywa ibiyobyabwenge”.

Niba wifuza kureka inzoga, itabi n’ibindi biyobyabwenge bitandukanye nagufasha ako kanya kuko mfite inararibonye ry’imyaka 5 nafashije abantu benshi kureka ibiyobyabwenge, rero ni wowe wari utahiwe".

Niba wifuza kubivaho burundu hamagara muganga MUNYANKINDI Innocent 0788673610 aragufasha kubireka burundu kandi iyo miti ikoreshwa ni ibimera gusa bitarimo 'produit chimique' ndetse bidafite izindi ngaruka.

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND