RFL
Kigali

Gasabo: Hagiye kugurishwa muri cyamunara inzu n'ubutaka iherereyemo

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:6/03/2020 20:46
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 020-011182 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 12/02/2020 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo kuwa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 13/03/2020 saa munani z'amanywa, azagurisha muri cyamunara inzu n'ubutaka iherereyemo, biri mu kibanza UPI 1/02/10/04/3292, mu kagari ka Murama, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali.

Cyamunara izabera aho iyo inzu n'ubutaka biherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bikorewe i Kigali none kuwa 06/03/2020

Ushinzwe kugurisha ingwate Me UMUGIRANEZA Jean Michel ni we washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND