Umugore utagira umutima yarifashe ashyira imodoka ye ku ruhande ubundi ajya mu ruhame yikinishiriza aho abantu bose bamureba
Ibi Dovie Nickels w’imyaka 26 yabikoze asa n’uwambaye ubusa abikora iminta igera muri
itandatu abantu bamuhanze amaso nkuko ikinyamakuru the New York Post kibivuga
aho buri mugenzi wamucagaho aho yari yicaye hitwa Austin muri Texas yibazaga
ibiri kuba bikamushobera
Aha benshi banibazaga impamvu uyu mugore yashyize
imyanya ye y’ibanga mu ruhame ubundi agakora ibiteye isoni kumugaragaro
Nyuma nibwo umwe mu bari aho yahamagaye polisi yo
muri iki gihugu iraza imushyira mu modoka ijya kumufunga ariko igitangaje nuko
umwe mu bashinzwe umutekano wari uri kumwe n’uyu mugore yavuze ko n’ubundi mu modoka
yakomeje kugenda akorakora imyanya ye y’ibanga
Nyuma yo kujyanywa na polisi Dvie yaje gufungwa
ndetse acibwa ihazabu y’amafaranga ibihumbi bitatu by’amadorali, gusa
ntiharamenyekana impamvu nyamukuru yaba yarateye uyu mugore gukora ibiteye
isoni gutyo kandi mu ruhame
Src: The New
York Post
TANGA IGITECYEREZO