Umugore yatangaje amakuru ababaje avuga ku kuntu yategereje umugabo we igihe kinini kugira ngo bakore ubukwe bemererwe gukora imibonano mpuzabitsina, gusa yaje gutungurwa bikomeye no kumenya ko igitsina cy’umugabo we gipima santimetero eshatu gusa (3cm)
Ubusanzwe ubukwe buranezeza cyane ariko rimwe na
rimwe bukanagira udushya. Uyu mugore w’imyaka 27 yari yarategereje umugabo we w’imyaka
32 igihe kinini nk'uko yabitangarije ikinyamakuru The Dailymail ariko aza gutungurwa no kuba umugabo we
afite igitsina gito cyane.
Ibi byaramubabaje cyane avuga ko umugabo we
yamubeshye igihe kinini akanga ko baryamana mbere y’igihe naho ari ukumuhisha
igitsina cye gito cyane ku buryo yaje gushyira ahagaragara ikibazo cye aho
yibazaga ati “ Ese ndi umuntu mubi? Naba ndi muzima se?” Aha yibazaga impamvu
yaba yarakunze umugabo ufite igitsina kingana gutyo,
Byaje kubura gica aho iyi nkuru yatumye n’umugabo
ata ikuzo ariko bimwe mu bigo bishinzwe
gukurikirana iki kibazo bivuga ko ikibazo atari igtsina kigufi kuko
bishoboka ko abantu bishimana hatagombye icyo aba bombi bapfuye.
TANGA IGITECYEREZO