RFL
Kigali

ITANGAZO: Hagiye kugurishwa muri cyamunara inzu yubatse mu karere ka Huye

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:16/11/2019 16:42
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-088441 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 11/11/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko; tariki ya 10/12/2019 saa Cyenda z'amanywa azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza No 2/04/09/01/784 iri mu Kagari ka Butare, Umurenge wa Ngoma, Akarere ka Huye mu ntara y'Amajyepfo. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa; 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bikorewe i Kigali none kuwa 14/11/2019

Ushinzwe kugurisha ingwate

Me UMUGIRANEZA Jean Michel







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND