Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Abunzi b'Akagari ka Bujyujyu gifite No 16/2018 cyo kuwa 26/07/2018 kugira ngo harangizwe urubanza rwavuzwe haruguru NZABANDORA Etienne yatsinzemo HABYARIMANA Eldephonse;
Umuhesha w'inkiko w'umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko azateza cyamunara umutungo utimukanwa wa HABYARIMANA Eldephonse na KAYIGIRE Cicile ufite UPI: 5/01/10/02/2484 uherereye mu Kagari ka Bujyujyu, Umurenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, Intara y'Iburasirazuba kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo NZABANDORA Etienne.
Iyo cyamunara izaba kuwa 20/11/2019 saa Munani (14h00) z'amanywa aho uwo mutungo uherereye.
Ukeneye ibindi bisobanuro yabariza kuri telefone igendanwa Tel: 0783485675 cyangwa 0727903267
Me RUNEZERWA Joseph
Umuhesha w'inkiko w'Umwuga
TANGA IGITECYEREZO