RFL
Kigali

VIDEO: Urwaye umutwe w'uruhande rumwe? Ushobora kuwukira mu minsi irindwi gusa

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:4/11/2019 17:04
0


Umutwe udakira cyangwa se uw'uruhande rumwe ari wo bita 'Migraine' mu ndimi z'amahanga bikunda kuzahaza cyane ku buryo umuntu arebye nabi ashobora no kubura ubuzima gusa nanone hari umuti gakondo ukoze mu bimera wabonetse.



Migraine ndetse n'umutwe w'igikatu byabonewe umuti aho umuganga uvura akoresheje ibimera yemeza neza ko umuntu urwaye uyu mutwe ashobora gukira hagati y'iminsi irindwi na cmi n'itanu.

Uyu mutwe w'uruhande rumwe uteye ubwoba cyane kuko ngo ushobora no gutera palalise yo mu maso aho usanga umuntu yarahengamye umusaya umwe ndetse udakora rwose ku buryo ijisho riba ritagikora, izuru ndetse n'umunwa ukaba wahengama ku buryo bukomeye.

Uyu muganga rero avuga ko byoroshye cyane kuvura uyu mutwe akoresheje ibimera karemano kandi bitagira izindi ngaruka ku buzia bw'umuntu. Ushaka kumenya byinshi kuri iyi nkuru kanda hano urebe video yose.

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND