Umubare w’abarwayi ba diabete uragenda wiyongera cyane, ku buryo yahindutse icyorezo ku isi hose. Hari amoko abiri y’ingenzi ya diabete. Diabete y’ubwoko bwa mbere ifata ahanini abantu bakiri bato na diyabete y’ubwoko bwa 2.
Mu ivuriro relax life center bavuga ko bashobora gufasha umuntu guhangana na diabete ndetse umuntu akaba yabana na yo ntigire icyo imutwara ariko bitewe n'imyitwarire. Aha bemeza ko imirire ari kimwe mu bishobora gufasha umuntu guhangana n'iyi ndwara aho hari amafunguro umurwayi wa diabete aba yemerewe kurya n'ayo atemerewe kurya hakiyongeraho n'izindi nama zitandukanye.
Reba iyi video byose urabisangamo
TANGA IGITECYEREZO