RFL
Kigali

ITANGAZO: Hagiye kugurishwa mu cyamunara inzu yubatse mu Gatenga muri Kigali

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:30/10/2019 9:04
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-081447 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe tariki ya 21/10/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko; tariki ya 19/11/2019 saa Yine za mu gitondo, azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza UPI 1/03/02/03/3210 iri mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.

Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No: 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bkorewe i Kigali ku wa 24/10/2019

Ushinzwe kugurisha ingwate

Umugiraneza Jean Michel


Itangazo rya cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND