RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA: Hagiye kugurishwa inzu iherereye mu karere ka Kamonyi

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:30/10/2019 10:18
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-075166 cyo kugurisha mu cyamunara ingwate cyatanzwe tariki ya 30/09/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko ku wa Kabiri tariki ya 05/11/2019 saa Munani z'amanywa (14Hrs), azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza No UPI: 2/08/12/01/847 iherereye mu Kagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, Intara y'Amajyepfo.

Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No: 0788302502

Ushinzwe kugurisha ingwate

Mubangizi Frank


Itangazo rya cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND