RFL
Kigali

ITANGAZO: Hagiye kugurishwa muri cyamunara inzu iri mu karere ka Huye

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:12/09/2019 18:15
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Umwanditsi Mukuru No 019-059637 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe ku wa 13/08/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y’Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse ngo kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 18/09/2019 saa Munani z’amanywa azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza No 2/04/09/04/749 iri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Ngoma, Akarere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo.

Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bikorewe i Kigali none ku wa 11/09/2019

Ushinzwe kugurisha ingwate

UMUGIRANEZA Jean Michel


Itangazo rya Cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND