Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Umwanditsi Mukuru No 019-059637 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe ku wa 13/08/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;
Hashingiwe ku mabwiriza y’Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG
yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara
ndetse ngo kwegukana ingwate;
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki
ya 18/09/2019 saa Munani z’amanywa azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza
No 2/04/09/04/749 iri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Ngoma, Akarere ka Huye mu
Ntara y’Amajyepfo.
Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwakenera
ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No 0788550679 cyangwa
0788532330.
Bikorewe i Kigali none ku wa 11/09/2019
Ushinzwe kugurisha ingwate
UMUGIRANEZA Jean Michel
Itangazo rya Cyamunara
TANGA IGITECYEREZO