RFL
Kigali

Inama 10 zagufasha kuba mu rukundo wishimye

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:30/08/2019 19:25
5


Kenshi mu rukundo hajya habamo ibintu bitandukanye bishobora gutuma wowe n’uwo mukundana mubasha kugira ubwumvikane ndetse n’urukundo rwanyu rukagenda neza kuko iyo bitabaye ibyo ni ha handi usanga abantu bakundanye igihe gito bagahita bashwana kubera kubura bwa bwumvane hagati yabo.



Aha rero niho abashakashatsi bagendeye bavuga ko hari zimwe mu nama zafasha abakundana mu rukundo rwabo:

1. Niba ufite uwo mukundana murinde icyamubabaza kandi wirinde kumarana na we amasaha menshi atazaguhararukwa vuba.

2. Gerageza umutembereze mwicare ahantu hatuje umuganirize umufate ukuboko {ikiganza} bizatuma arushaho kugukunda.

3. Nubona umukunzi wawe ashaka kugukunda mu ibanga uzamuhakanire kuko aba ashaka kugutendeka (ugukunda arakurata)

4. Uzirinde kumwereka ko uri umuntu ukomeye kabone n’iyo waba utunze ibya mirenge ku ntenyo kuko hari ugukundira imitungo yawe.

5. Nubona umuntu agukunda cyane uzamuhe umwanya kuko wowe wirukira ugusiga ugasiga ugusanga.

6.Niba warabuze uburyo ufatisha uwo wakunze gerageza ukorane n'inshuti ye kuko izabahuza.

7. Ntuzigere na rimwe wumva amabwire y'abantu [nubwo akariho kavugwa] uzemere ibyo akwibwiriye

8. Nakubwira nabi ntuzihutire gufata umwanzuro kuko hari ubwo yaba ari kukuneka uko uteye.

9. Wowe muhungu umukunzi wawe nagukosereza gerageza wirakaze kuko niho uzabonera uburyo agukunda.

10. Muririmbire igihe muri kumwe kabone n’iyo waba uririmba nabi

Src: psychologytoday.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Dany musavyimana 4 years ago
    Ndashimy iyi nama mugir abantu. Arik jewe mfite ikibaz umukobw dukundana aryohegw mugihe ndamuhay ikintu niho ambwirang mr6 chr. Iyind misi ntavyo yombwir ark jewe ndageragez kumuteret ngo ndabek anyishimir bikank. Mungir inama nzomugir gute?
  • Nit Irakoze oscar4 years ago
    Jew nakunze umukobw birashika ndamushavuza ndamusab imbabazi arazinyima kugira dusubire kugendana kad uwo mukobwa ndamukunda nn nokoriki kugira dusubire gukundana?
  • Habimana jonathan4 years ago
    gutandukana nuwo ukunda bivanye nuko agutendeka birashobora kubabaza umukunzi
  • Emanweli4 years ago
    nukurinibyo!
  • Nishimwe samuel1 year ago
    murakoze cyane nkunda izo nama zanyu nziza





Inyarwanda BACKGROUND