RFL
Kigali

Bukuru Christophe yasinye muri APR FC nyuma yo kwirengagizwa na Rayon Sports

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:21/08/2019 18:20
2


Bukuru Christophe wahoze ari umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya APR FC.



Bukuru Christophe yari amaze umwaka umwe muri Rayon Sports ariko akaba atarahiriwe n’iyi kipe kuko mu minsi ya nyuma yaje kwibura ku rutonde rw’ikipe yakinnye CECAFA Kagame Cup 2019, Total CAF Champions League 2019-2020.

Bukuru ageze muri APR FC nyuma yo kuba yari yarasabye gusezererwa muri Rayon Sports kuko yabonaga nta hazaza heza imuteganyiriza. Uyu musore aje gusimbura Ally Niyonzima wamaze gutandukana na APR FC.


Bukuru Christophe asinya muri APR FC

Bukuru Christophe yari amaze umwaka muri Rayon Sports   





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • NIYITEGEKA Samuel4 years ago
    Hano nairobi turabakurikiye kabisa. APRFC nkabafanabayo.APRFC 4:1 ejo tugomba kujyakubashyigikira turibenshi. tugatwarigikombe kandi mbwirafanabose bari muri kenya kotugomba guhurira kukibuga kasarani.cyane nibagiwe Gerasi,Maniragaba,tuyizere,theophire nibagiwe na dusabe nabandi.....
  • NIYITEGEKA Samuel4 years ago
    Hano nairobi turabakurikiye kabisa. APRFC nkabafanabayo.APRFC 4:1 ejo tugomba kujyakubashyigikira turibenshi. tugatwarigikombe kandi mbwirafanabose bari muri kenya kotugomba guhurira kukibuga kasarani.cyane nibagiwe Gerasi,Maniragaba,tuyizere,theophire nibagiwe na dusabe nabandi.....





Inyarwanda BACKGROUND