RFL
Kigali

"Tugomba guhimbaza Imana kuko ibyo ikora birarenze" Apophia Posh mu ndirimbo 'Arakwiye'-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:31/10/2018 13:30
0


Natukunda Apophia uzwi mu muziki nka Apophia Posh yashyize hanze amashusho y'indirimbo 'Arakwiye' ikubiyemo ubutumwa buhamagarira abantu guhimbaza Imaba kuko bikwiriye. Amashusho y'iyi ndirimbo yafashwe ndetse atunganywa na producer Fefe Kwizera.



Apophia Posh aganira na Inyarwanda.com, yakomoje ku butumwa buri muri iyi ndirimbo, avuga ko yayanditse ahamagarira abantu guhimbaza Imana kuko ibyo ikora birenze. Yagize ati: "Ni indirimbo ifite message ihamagarira abantu guhimbaza Imana kuko bikwiriye. Tugomba guhimbaza Imana kuko ibyo ikora birarenze. Kubera gukomera kwayo mu buryo iduha imvura ku buntu bwayo tukeza kandi ku gihe,..idukiza indwara zacu. Njye ubwanjye nabonye imbaraga z'Imana mu buzima bwa buri munsi."

REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO 'ARAKWIYE' YA APOPHIA POSH







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND