RFL
Kigali

Umuyobozi mukuru wa SKol Rwanda yafatanyije n’abakinnyi kwerekana amakote bazaserukana i Dar Es Slaam-AMAFOTO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:14/05/2018 9:51
2


Mu gitondo cy’uyu wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2018 ni bwo Ivan Wullfaert umuyobozi wa SKOL mu Rwanda yaramukiye mu gikorwa cyo kumurika amakote mashya uru ruganda rwakoreye abakinnyi, abayobozi n’abatoza ba Rayon Sports nk’ikipe n’ubundi basanzwe batera inkunga ikomeye.



Ni amakote y’ubururu bwijimye ariho ikirango cya SKOL ndetse n’amashati yera bazajya bambara imbere. Ni igikorwa cyabereye kuri sitade Amahoro i Remera. Biteganyijwe ko ku mugoroba w’uyu wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2018 abakinnyi ba Rayon Sports bri guhabwe ibikapu byuje ibara rya SKOL. 

Ni amakoti y'umukara ariho ikirango cya SKOL ndetse n'amashati yera bazajya bambara imbere

Ni amakote y'ubururu bwijimye ariho ikirango cya SKOL ndetse n'amashati yera bazajya bambara imbere

Rayon Sports bamuritse aya makote n’amashati mbere y'uko mu masaha y’umugoroba bagomba kuba bafata indege bagana i Dar Es Slaam aho bagomba guhurira na Yanga Africans mu mukino wa kabiri wo mu itsinda rya kane (D) mu irushanwa ngaruka mwaka rya Total CAF Confederations Cup 2018.

Mu mukino ubanza, Rayon Sports yanganyije na Gormahia FC igitego 1-1 i Kigali mu gihe Yanga Africans yanyagiwe na USM Alger ibitego 4-0. Biteganyijwe ko saa moya n’iminota 30 (19h30’) ikipe ya Rayon Sports iba igeze i Kanombe ku kibuga cy’indege hanyuma saa tanu (23h00’) igafata ikirere igana i Dar Es Slaam.

Itangishaka Bernard bita KIng Bernard umunyamabanga w'ikipe ya Rayon Sports FC

Itangishaka Bernard bita King Bernard umunyamabanga w'ikipe ya Rayon Sports FC

Rayon Sports Rwanda

Ifoto bafatiye imbere muri Stade Amahoro

Ifoto bafatiye imbere muri Stade Amahoro

Ubwo bari bahagaze imbere y'ubusitani buri mu marembo manini ya Stade Amahoro

Ubwo bari bahagaze imbere y'ubusitani buri mu marembo manini ya Stade Amahoro

Ubusitani buri mu marembo manini ya Stade Amahoro

Ubusitani buri mu marembo manini ya Stade Amahoro

Aha bari bahagaze ku muryango w'ibiro bya Minisitiri w'umuco na Siporo mu Rwanda

Aha bari bahagaze ku muryango w'ibiro bya Minisitiri w'Umuco na Siporo mu Rwanda

Ivan Wulffaert umuyobozi wa SKOL Rwanda yazindukiye muri iki gikorwa

Ivan Wulffaert umuyobozi wa SKOL Rwanda yazindukiye muri iki gikorwa

Hategekimana Corneille (Ibumoso) na Shaban Hussein Tchabalala (iburyo)

Hategekimana Corneille (Ibumoso) na Shaban Hussein Tchabalala (iburyo)

Mugabo Gabriel na Yannick Mukunzi

Mugabo Gabriel na Yannick Mukunzi 

Myugariro Usengimana Faustin  ntazakina na Yanga Africans kuko afite amakarita abiri y'umuhondo

Myugariro Usengimana Faustin ntazakina na Yanga Africans kuko afite amakarita abiri y'umuhondo

Rayon Sports

Uva ibumoso: Mugabo Gabriel, Manzi Thierry, Usengimana Faustin na Christ Mbondy

Uva ibumoso: Mugabo Gabriel, Manzi Thierry, Usengimana Faustin na Christ Mbondy

Christ Mbondy na Mugabo Gariel

Christ Mbondy na Mugabo Gariel 

Manzi Thierry na Faustin Usengimana

Manzi Thierry na Faustin Usengimana

Eric Rutanga Alba  ahagera

Eric Rutanga Alba ahagera 

AMAFOTO: Saddam MIHIGO (Inyarwanda.com)






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Kiki5 years ago
    Njye ndabona basa Nabi kbs byari kuba byiza iyo babadodera nama pantalo
  • did5 years ago
    urambonera ubwo bupantlo bambaye...yewe barasa nabi rwose kabone niyo wabambika iki...





Inyarwanda BACKGROUND