RFL
Kigali

MC Tino wafashe amashusho y’indirimbo yakoranye n’umunya Jamaica yabaye asohoye iyo yakoranye na Aime Bluestone-YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:13/03/2018 18:30
1


Mc Tino ni umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya TBB, kuva iri tsinda ryasenyuka uyu muhanzi yatangiye kwikorana umuziki ku giti cye kuri ubu amaze igihe ashyira hanze indirimbo zinyuranye zirimo n’izo yagiye akorana nabandi bahanzi. Iherutse ni indirimbo Mc Tino aherutse gukorana n’umuhanzi wo muri Jamaica kuri ubu yanatangiye gufatira amash



Usibye iyi ndirimbo ‘My Love’ uyu muhanzi yakoranye na Jovada wo muri Jamaica ndetse akaba ari no kuyitunganyiriza amashusho. Kuri ubu Mc Tino yamaze gushyira hanze ‘Finest Girl’ indirimbo nshya yakoranye na Aime Bluestone. Mc Tino yatanagaje ko agiye kubanza gushyira hanze amashusho y’indirimbo yakoranye na yakoranye n’umunya Jamaica aheruka gukorana nawe akazabona gushyira hanze ay'iyi ndirimbo nshya yashyize hanze.

tinoMc Tino mu ifatwa ry'amashusho y'iyi ndirimbo ye n'umusore wo muri Jamaica

Amashusho y’iyi ndirimbo Mc Tino yakoranye na Javada wo muri Jamaica ariu gutunganywa na Fayzo uyu akaba ariwe wanayafashe, mu gihe indirimbo ye nshya yo ashyize hanze yo yakozwe na Evidecks uyu ukorera muri Touch Record.

UMVA HANO INDIRIMBO ‘FINEST GIRL’ MC TINO YAHURIYEMO NA AIME BLUESTONE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Diana6 years ago
    OMG can't wait this video





Inyarwanda BACKGROUND